Category Collection

Popular

News Collection

All
fashion
sports

Trending News

RIB yatangaje ko yafunze Liliane Uwineza urimo gukurikiranwa kubera ibiganiro akora ku muyoboro we wa YouTube bigana mu nzira zo gukora ibyaha

RIB ivuga ko yamuhamagaye iramuganiriza ndetse imugira inama yo kujya yigengesera ku magambo akoresha mu biganiro akora kuko ibyinshi babonaga biganisha ku byaha. Icyo gihe RIB yamugiriye inama yo kureka gutukana no kwibasira abandi no gukoresha imvugo zishobora gukurura urwango. Yagaragaje ko yabyumvise ndetse asaba imbabazi, yiyemeza kugira ibyo ahindura ndetse asiba n’ibiganiro bimwe, ariko…

Read More

DORE INGARUKA ICUMI ZO KWANGA GUKORA IMIBONANO MPUZABITSINA MU GUSHINGA URUGO

Dore ingaruka 10 zishobora guterwa no kwanga gukora imibonano mpuzabitsina n’uwo mwashakanye: 1. Agahinda k’amarangamutima: Kwanga imibonano mpuzabitsina bishobora gutera uwo mwashakanye kumva yanzewe, ababaye, cyangwa yacitse intege. 2. Umubano urimo umwuka mubi: Iyo utahawe akanya ko gusabana nk’umuryango, bishobora kuvamo umwuka mubi, urwikekwe, no gucika intege mu mibanire. 3. Igihombo cy’icyizere: Kwangirwa inshuro nyinshi…

Read More

REKA TUREBE IGISOBANURO CY’IJAMBO “IMBEZI”

Ijambo “imbezi” mu Kinyarwanda rifite ibisobanuro bitandukanye, bitewe n’uko rikoreshwa: Imbezi nk’urugero rw’isake cyangwa inkoko: Ni izina ry’inkoko y’ubwoko bwihariye ifite ibara ry’umweru mu mapapuro yayo, cyane cyane ku ntugu, kandi akenshi iba ifite ubwiza butangaje. Imbezi nk’ubwoko bw’umuntu cyangwa ikintu cyiza cyane: Iyo umuntu cyangwa ikintu kivuzwe ko ari “imbezi,” bikunze kuvuga ko gifite…

Read More

Umunyemari Munyakazi Sadate wanigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yagaye urubyiruko ruri gutwama umuhanzikazi Vestine ko yasezeranye n’Umunya-Burikina-Faso

Umunyemari Munyakazi Sadate wanigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yagaye urubyiruko ruri gutwama umuhanzikazi Vestine ko yasezeranye n’Umunya-Burikina Faso bivugwa ko amukubye hafi kabiri mu myaka, avuga ko “urukundo rutarobanura ku butoni no ku myaka.” Nyuma yuko aba bombi basezeranye bikanatungura benshi, hahise hakurikiraho izindi nkuru zo ku mbuga nkoranyambaga, z’abavuga ko Vestine w’imyaka 21…

Read More

Amavubi ntazitabira CHAN 2024

Nyuma ya tombola igaragaza uko Ibihugu byabonye itike bizaba biri mu matsinda ane y’irushanwa ry’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu Bihugu bya bo (CHAN 2024), hahise hamenyekana amakipe azahatanira imyanya ibiri isigaye ngo yuzure 19. Ku wa 15 Mutarama 2025 mu Mujyi wa Nairobi, ni bwo habaye tombola igaragaza amatsinda ane agizwe n’ibihugu 17 byamaze…

Read More

Polisi yafashe imodoka 2 zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu y’imyenda ya caguwa, amavuta yo kwisiga yangiza uruhu bakunze kwita ‘mukorogo’ n’ibindi bicuruzwa bitandukanye. Hafashwe umushoferi w’imwe muri izo modoka zo mu bwoko bwa…

Read More

Minisitiri Nduhungirehe yanenze Amerika ikomeje kugereranya M23 na FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugereranya umutwe witwaje intwaro wa M23 n’uw’iterabwoba wa FDLR. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 16 Mutarama 2025, ibiro bya Amerika bishinzwe ububanyi na Afurika bitangaje ko “ibibazo biterwa na M23 na FDLR bikwiye gukemurwa mu buryo bwihutirwa”. Minisitiri…

Read More

Byagenze bite ngo abarimu batanu batabwe muri yombi na RIB

Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru y’abarimu batanu bigisha mu bigo by’amashuri bitandukanye byo muri aka karere batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bazira gukoresha impamyabushobozi mpimbano. Aba barimu batawe muri yombi ku wa 08 Mutarama 2025, barimo uwitwa Emmanuel Ushimimana w’imyaka 30 y’amavuko. Ushimimana asanzwe yigisha ku kigo cy’ishuri cya G.S Rugaragara giherereye…

Read More

Mu minsi mike abarize ayo kwarika kubera kwamburwa na Padiri Ferdinand Hagabimana bagiye guseka – Minisitiri wa siporo Nelly Mukazayire

Mu gihe kitarambiranye abakinira FATIMA WFC bari bafite agahinda bitewe no kumara amezi 4 badahembwa umushahara n’agahimbazamusyi byatangajwe ko bagiye guseka bishimishije. Minisitiri wa siporo Nelly Mukazayire abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X) yavuze ko iki kibazo cy’aba bakinnyi b’ikipe ya Fatima Women Football Club batabaza basaba kwishyurwa imishahara na Prime ko biri gukurikiranwa…

Read More