
Abakinnyi 7 bishwe n’impanuka y’imodoka
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Zambia (Faz) ryatangaje ko ryababajwe n’impanuka yahitanye abakinnyi barindwi bari bagiye…
Umunyamakuru Jean Lambert Gatare, wamenyekanye cyane mu itangazamakuru ry’imikino no kwamamaza, yitabye Imana ku wa Gatandatu tariki ya 22 Werurwe 2025. Gatare yaguye mu Buhinde aho yari amaze igihe arwariye, aho yajyanywe kwivuza. Amakuru avuga ko ubuzima bwe bwatangiye guhinduka nabi ku wa Gatanu tariki ya 21 Werurwe 2025, bikarangira yitabye Imana. Yatangiye…
Umusaza w’imyaka 75 wo mu Murenge wa Rungendabari mu Karere ka Muhanga, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwuzukuru we w’imyaka 10 usanzwe uba mu rugo rwe, yemera icyaha akavuga ko yabikoze kuko yumvaga ashaka imibonano mpuzabitsina. Uyu musaza akurikiranywe n’Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga, ruzamuregera Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga. Iki cyaha gikekwa kuri uyu musaza…
Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryongera umusoro usabwa ibigo bitanga serivisi z’imikino y’amahirwe, ukazava kuri kuri 13% ukagera kuri 40%. Imikino y’amahirwe yiganje mu rubyiruko n’abakuru ndetse hari ingero z’abo yagizeho ingaruka zirimo no gutakaza utwabo kugeza bisanze mu bigo byita ku buzima bwo mu mutwe. Ku rundi ruhande ababikora binjiza agatubutse kuko mu 2023…
Muri Nyanza haravugwa umuyobozi w’ikigo cy’ishuri ukurikiranyweho kunyereza ibiribwa bigenewe abo ashinzwe kurera. Yari asanzwe akorera mu Kigo cy’amashuri cya Kibirizi, ahitwa Ecole Sécondaire Kibirizi. Amakuru avuga ko ukekwaho ubwo buriganya ari Lambert Munyaneza, akaba, hagati aho, amaze amezi atatu adakora atanahembwa. Bagenzi bacu ba UMUSEKE bavuga ko amakuru bafite ashinja uwo mugabo kwihesha ibiribwa…
Hari abantu usanga bararenzwe n’urukundo nyamara uwo bakunda we atabiyumvamo ndetse akanabibereka ariko bagakomeza bagahatiriza. Ntawakugira umunyamakosa kuko wisanze ukunda urudashoboka rutazakugarukira, ariko hari ibyo wakora byagufasha kuva mu gicuku urimo maze ugatangira ubuzima bushya nkuko tubikesha Elcrema, urubuga rwandika ku rukundo n’mibanire. Jya umunya ko udafite uburenganzira bwo kugenzura ibitekerezo by’undi Ni byo koko…
Uri wa muntu uhora yakererewe? Mu isi ya none, aho tugerageza gukora ibintu byinshi kurushaho, dusa buri gihe n’aba basiganwa n’isaha. Gusa mu gihe tuba duhangayikishijwe no gusiganwa n’igihe, hari abantu basa n’abatajya bita ku gihe no gukerererwa. Ubushakashatsi bwakozwe mu 2014 bwerekanye ko umwe ku banyamerika batanu akerererwa kukazi nibura umunsi umwe mu cyumweru,…
Sleep paralysis/Paralysie du sommeil, umuntu yakwita ‘kugagara mu bitotsi’, ni indwara yatumye bamwe batekereza ibishushanyo hamwe n’inkuru ziteye ubwoba. Ubu abahanga muri siyanse batangiye kumva impamvu hari abantu bakanguka ariko ntibashobore kunyeganyega – n’impamvu hari ubwo bituma bakomeza gutekereza ibintu biteye ubwoba bitabaho. Nari nkiri mu myaka cumi na…ubwo byambagaho bwa mbere. Yari mu masaha…
Amazina yiswe n’ababyeyi ni Grace Iradukunda Divine, azwi nka DJ Ira mu myidagaduro. Yavukiye i Gitega mu Burundi mu 1997. Yaje mu Rwanda asoje amashuri yisumbuye muri 2015 gusura abo mu muryango we. Yinjiye mu kazi ko kuvanga imiziki muri uwo mwaka muri Kanama, abishishikarijwe na ‘nyirarume’ DJ Bisoso yaje asanga mu Rwanda. Muri 2016…
Itangazo rya NESA ryihutirwa rigenewe abanyamakuru (16/03/2025)
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika(fake relationship) ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Wigeze uba mu rukundo ariko rudafatika? Ese ujya wibaza niba urukundo rudafatika rubaho? Hari igihe ushobora kuba wibwira ko uri mu rukundo ariko mubyukuri urukundo urimo rukaba…