Meddy agiye gutaramira mu Rwanda nyuma yo kwakira agakiza
Ni mu gitaramo Bishop Dr Fidele Masengo yateguye azamurikiramo ibitabo bye bibiri(2) iki gitaramo giteganyijwe kuwa 14/07/2024. iki gitaramo kizaba cyitabiriwe n’abakozi b’Imana batandukanye barimo Dr Apostle Gitwaza, Apostle Mignon ndetse na Meddy uri mu bakumbuwe mu Rwanda cyane ko kuva yatangaza ko yakiriye agakiza aribwo bwambere azaba ataramiye abanyarwanda. Ibitabo Bishop Prof. Dr Fidele…