Meddy agiye gutaramira mu Rwanda nyuma yo kwakira agakiza

Ni mu gitaramo Bishop Dr Fidele Masengo yateguye azamurikiramo ibitabo bye bibiri(2)  iki gitaramo giteganyijwe kuwa 14/07/2024. iki gitaramo kizaba cyitabiriwe  n’abakozi b’Imana batandukanye barimo Dr Apostle Gitwaza, Apostle Mignon  ndetse na Meddy  uri mu bakumbuwe mu Rwanda cyane ko kuva yatangaza ko yakiriye agakiza aribwo bwambere azaba ataramiye abanyarwanda. Ibitabo Bishop Prof. Dr Fidele…

Read More

Umuramyi Divine Nyinawumuntu agiye gutaramira abakunzi be mu gitaramo cyiswe “Evening and Worship”.

Ni igitaramo cyateguwe n’Umuryango w’abanyeshuli b’abaporotesitanti bakorera umurimo w’Imana mu ishuli rya Camp Kigali(RAJEPRA . Cyatumiwemo abakozi b’Imana barimo Dr Alfred GATETE n’ umuramyi Divine Nyinawumuntu ubarizwa mu itsinda rya Kingdom of God na Korali abihanganye ya ADEPR Muhima.Hazaririmbamo Kandi itsinda rya Angel Worship Team Ndetse na Pillar Worship Team. Kuri uyu wa gatandatu tariki…

Read More

Kandida Perezida wa Green Party Hon. Dr. Frank HABINEZA yagize icyo avuga ku ifungwa ry’imipaka ubwo yiyamamarizaga NYANZA

  Umukandida ku mwanya w’Umukuru w’igihugu Hon Dr Frank Habineza, yavuze ko naramuka agiriwe ikizere akaba Umukuru w’igihugu azashyiraho uburyo hasinywa amasezerano ko ntamipaka izongera gufungwa. Ibi Hon Dr Frank Habineza yabigarutseho kuri uyu wa kane tariki ya 27 Kamena 2024 ubwo yari mu karere ka Nyanza mu murenge wa Busoro mu Ntara y’Amajyepfo  ubwo…

Read More

FPR yari gutanga ubusobanuro iyo idatanga Paul Kagame ho umukandida

Dr perezida Paul kagame ni umukandida ku mwanya wa perezida mu matora ateganyijwe kuwa 15 Nyakanga 2024. Ibikorwa bye byo kwiyamamaza byatangiriye mu karere ka Musanze – Busogo. Habonetse abantu benshi cyane bitabiriye icyo gukorwa Kandi bavuye muturere turimo Burera,nyabihu,Gakenke ndetse na Musanze. Hari aho uyu mu kandida yatangiye kuvuga aganisha k’ubatifuriza  ineza u Rwanda…

Read More

Guverineri w’Intara y’amajyaruguru MUGABOWAGAHUNDE Maurice na Musenyeri wa Diyosezi Ear Shyira ya Musanze bashyize ibuye ry’ifatizo ku nyubako nshya

Mu Karere ka Musanze hatangijwe Inyubako ya EAR Diyoseze ya Shyira y’ubucuruzi izaba ifite ibyumba bigera kuri 200 byose hamwe bizaba birimo icyumba cy’inama na biro zitandukanye z’abayobozi. Iyi nyubako kandi batekereje kuyubaka bagamije gukuraho akavuyo kavanze n’akajagari kugira ngo birinde ubucukike mu bacuruzi kugira ngo bizabafashe gukomeza guha isura nziza umugi wa Musanze dore…

Read More