Gicumbi: Haleluya Paul ni muganga w’imitima

Perezida Dr Paul kagame ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu karere ka Gicumbi  ahari hateraniye ibihumbi by’abantu bari bitabiriye iki gikorwa baturutse mu turere twa Gicumbi, Rulindo, Nyagatare na Burera.

Muri iki gikorwa perezida Dr Paul kagame hari amagambo yavuze ndetse bikurura amarangamutima y’abantu bitabiriye iki gikorwa. Hari aho yagize ati” ndishinja icyaha cyo kuba ntabasura”. Hari naho yagize ati ” hano ni murugo narahabaye”. Nyuma y’ibyo abari bateraniye aho bahise bazamura indirimbo bagira bati” Haleluya haleluyaaaa Paul ni muganga w’imitima”.

Igikorwa cy’amatora ya perezida wa repubulika  mu Rwanda  giteganyijwe kuwa 15 Nyakanga 2024.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *