Gakenke:Hasojwe imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa mu iterambere “JADF”

Mu karere ka Gakenke hasojwe imurikabikorwa ry’abafatanyabikorwa mu iterambere ry’Akarere (JADF) kuri uyu wa 30 kanama 2024. Ni imurikabikorwa ryari rimaze iminsi 4 ribera muri centre ya Gakenke, rikaba ryaratangiye tariki 27 kanama 2024 ku nsanganyamatsiko igira iti: ‘Ubumwe bwacu nizo mbaraga zacu’. Umuyobozi wa DJAF mu Karere ka Gakenke HAFASHIMANA Valens yavuze ko iri…

Read More

Abarimo Maj Gen na Col muri RDF birukanwe

Nyuma y’inama yahuje Perezida Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba, Col Dr Etienne Uwimana n’abandi ba Ofisiye 19 bakuru n’abato. Iri tangazo kandi rivuga ko Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yatanze uburenganzira bwo kwirukana no gusesa amasezerano y’abandi basirikare 195 bafite amapeti atandukanye. Nta mpamvu zagaragajwe nk’izateye iri sezererwa…

Read More

AUSTRALIA: Umuhanzikazi Joy Key agiye gushyira hanze indirimbo ishimira Paul Kagame yise “IBANGA”

Umuhanzikazi wavukiye mu Rwanda akabasha Kubona amahirwe yo kwerekeza muri Australia witwa UWIZEYE Joyce uzwi cyane kumazina y’ubuhanzi nka “JOY KEY” Yashyize hanze indirimbo yamajwi yise “IBANGA”. Ubwo yaganiraga na RWANDATODAY, yadutangarije ko yahisemo gushyira hanze iki gihangamo bitewe nuko Nyakubahwa wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakoze byinshi byiza bitandukanye yakoreye abanyaRwanda. Yagize ati:”Icyatumye…

Read More

Abahanga bavuga ko ubwonko bw’umuntu buri kwivanga na Pulasitiki ku kigero gikabije

Binyuze mu isuzuma ritandukanye rimaze igihe rikorerwa imirambo, abahanga mu by’ubuvuzi bavumbuye ingano nini y’uduce twa pulasitiki twibika mu bwonko bwa muntu muri iyi minsi, aho byiyongereye ku kigero cya 50% mu myaka umunani ishize. Ni ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 51 barimo abagabo n’abagore, hafatwa ibipimo ku bwonko, impyiko, n’umwijima kugira ngo bagereranye. Bwakorewe muri…

Read More

Umusaza wiyitaga umuvuzi yasanganywe ibihanga 24 by’abantu

Polisi ya Uganda yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko umugabo w’Umunya-Uganda bivugwa ko yasanganywe ibihanga 24 by’abantu ashobora kuba yabikoreshaga nk’ibitambo by’abantu ndetse ko ashobora gukatirwa igifungo cya burundu. Umuvugizi wa polisi Patrick Onyango yavuze ko uwo ucyekwa, Ddamulira Godfrey, azaregwa bijyanye n’itegeko ryo kwirinda no kubuza gutanga igitambo cy’umuntu. Ibisigazwa by’inyamaswa n’imibiri na byo…

Read More

U Rwanda rwashimiwe n’u Burusiya umusanzu warwo mu kugarura amahoro

Nyuma yo kugeza kuri Perezida wa Repubulika impapuru rimwemerera guhagararira igihugu cy’u Burusiya mu Rwanda Ambasaderi w’uburusiya mu Rwanda Alexander Polyakov yagaragaje ko u Burusiya buha agaciro ibikorwa by’u Rwanda birimo ibyo mu rwego rw’ubukungu ndetse no kugarura amahoro hirya no hino ku isi. Ambasaderi Alexander Polyakov yavuze ko Atari ubwambere ageze mu Rwanda. Yavuze…

Read More

Ese wari wamenye ko Dangote atakiri umuherwe wa mbere muri Afurika? KANDA HANO UMENYE UWAMUSIMBUYE NIBYO AMURUSHA

  *Johann Rupert, umuherwe utunze za miliyari z’amadorari wo muri Afurika y’Epfo yaciye ku munyanigeria Aliko Dangote ku mwanya w’umuntu utunze kurusha abandi muri Afurika, nk’uko biri ku rutonde ruheruka rwa Bloomberg Billionaires Index. * Rupert ni nyiri Richemont, imwe muri kompanyi nini ku isi zicuruza ibintu by’agaciro kanini, ifite ‘brands’ z’imirimbo n’imyambaro ihenze nka…

Read More

Gakenke:MINALOC yibukije abaturage kwandukuza abapfuye

Ku munsi u Rwanda rwifatanyije n’isi kwizihiza umunsi mpuzamahanga waharuwe irangamimerere wizihirijwe mu karere ka Gakenke, Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yasabye abaturage kuzirikana serivisi yo kwandukuza mu irangamimerere abapfuye. Kwandukuza abapfuye ni imwe muri serivisi zititabirwa cyane mu z’irangamimerere. Minisitiri Musabyimana yabwiye abaturage ba Gakenke ko kubaruza umwana uvutse mu irangamimerere no kwandukuza uwapfuye ari ibikorwa…

Read More

Minisitiri Vincent Biruta yasubije umuturage wagaragaje ibibazo bibangamiye Za Kasho nko kutagira ubwiherero.

Ministiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Honorable Vincent Biruta yasubije umuturage wamugejejeho icyifuzo cy’ibibazo by’uruhuri bibangamiye abafungirwa muri za Kasho nko kutagira ubwiherero buhagije,no gufasha ukeneye kubujyamo,uburyo umuntu atabwa muri yombi ntibihite bikenyeshwa umuryango ndetse n’abaturage babangamirwa n’umwanda uva muri za transit center,maze amusezeranya ko bigiye kugenzurwa Kandi bigakemurwa vuba. Ni ubutumwa bwanditswe n’umwe mu bakoresha…

Read More