Sky way sight as yashyize hanze indirimbo y’abaryohewe n’urukundo-VIDEO

Umuhanzi Sky way sight as yashyize hanze indirimbo nshya yise, “Ndagutsindiye” yo gushimisha abaryohewe n’urukundo.   Iyi ndirimbo yagiye hanze mukwezi kwa munane 2024. Sky way sight as aherutse gushyira hanze indirimbo yise “Ndagutsindiye” yishimiwe na benshi.   Sky way sight as yabwiye Rwandatoday.biz ko ubwo yakoraga iyi ndirimbo, yashakaga gukora indirimbo igaragaza ibihe byiza…

Read More

Rulindo: Umugeni ari kurira ayo kwarika nyuma yo gutegereza umusore amaso agahera mu kirere

Mu Karere ka Rulindo,Umurenge wa Kisaro, mu mudugudu wa Gitete haravugwa inkuru y’umukobwa wategereje umusore wari kuza gusaba no gukwa bagaheba. Ubu bukwe bwapfuye ku wa Kabiri,tariki ya 24 Nzeri 2024, nibwo iwabo w’umukobwa imyiteguro yari yose bategereje umusore ko aza gusaba akanakwa uyu mukobwa witwa Uwayezu Angelique,kuko byari biteganyijwe ko basaba bakanakwa,nyuma bakazakorera umurenge…

Read More

Menya bimwe mu bintu bikunze kuvugwa n’ababa bahumeka umwuka wa nyuma

Nyuma y’imyaka myinshi yita ku barwayi, Dr. Shoshana Ungerleider w’imyaka 44 y’amavuko, umuganga uzobereye mu buvuzi bw’indwara z’imbere mu mubiri, yagarutse ku magambo akunze kugarukwaho cyane n’abarwayi baba bari guhumeka umwuka wabo wa nyuma basigaje igihe gito ngo batabaruke. Yagaragaje ko iyo benshi mu bo yarwaje babaga bagiye gutabaruka, bakundaga kuvuga bati: “Sinigeze marana igihe…

Read More

Dore impamvu hari bamwe mu bagabo bapfa bari gutera akabariro

Si ubwa mbere wumvise ko umugabo cyangwa umusore yitabye Imana ubwo yari mu gikorwa cy’ibyishimo cy’imibonano mpuzabitsina we n’ uwo bashakanye cyangwa se uwo babyumvikanyeho Umuryango twabakusanyirije zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umugabo apfa mu gihe ari mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina 1. Indwara z’umutima Abagabo bafite indwara z’umutima, baba bafite ibyago byinshi byo kugira ibibazo…

Read More

Ese Green card Lottery Niki? Bakina gute iyi tombora? Ese kuki abantu bagerageza ku bwinshi amahirwe yo kujya gutura muri Amerika?

Buri mwaka abanyamahanga ibihumbi 50 bahabwa uruhushya rwo gutura muri icyo gihugu binyuze mu guhabwa Green Card. Impamvu itumpa benshi bifuza kuva muri afurika yaba ariyihe? Iki ni ikibazo bamwe bibaza, ariko abagerageza ayo mahirwe bo bakavuga ko cyoroshye kukisubiza. Benshi icyo bahurizaho mu bisubizo batanga, ni uguhunga ubushomeri n’izindi mpamvu zituma ubuzima bukomera mu…

Read More

Abasaga ibihumbi 32 bategerejwe mu birori byo Kwita Izina 2024

Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyatangaje ko mu muhango wo kwita izina abana b’ingagi bavutse muri uyu mwaka uteganyijwe tariki 18 Ukwakira 2024, abana b’ingagi 22 aribo bazahabwa amazina. Ni umuhango uzitabirwa n’abarenga 32,000. RDB ivuga ko Mu bashyitsi bazaza muri gahunda yo Kwita Izina harimo 20 bacuruza ubukerarugendo aho bazaba baje gusura Igihugu kugira ngo…

Read More

Pasiteri yerekanye umugore we mu rusengero ahita atakaza abayoboke b’abakobwa bagera kuri 700

Pasiteri James Ng’ang’a uzwi cyane mu bakunda kwigisha ijambo ry’Imana babinyujije kuri televiziyo, ndetse akaba ari we washinze Itorero rya ‘Neno Evangelism’ muri Kenya, yatangaje ko abagore 700 bimutse bakava mu rusengero rwe nyuma y’uko aberetse umugore we mushya yashatse witwa Murugi Maina. Bwa mbere yatangaje ko muri rusange yatakaje abakirisitu basaga 400, biturutse ku…

Read More