Babyeyi mwihutire kujyana abana mu Kigo cya CEPEM imyanya isigaye irabarirwa ku Ntoki

Iri shuri rizwi ku izina rya CEPEM rikorera mu Karere ka Burera ho mu murenge wa Rugarama rikora ku bufatanye na Leta kuri ubu twabasha kubatangariza ko hari imyanya itandukanye kubanyeshuri bashaka kuza kuhahahira ubumenyi.

Iri shuri rya CEPEM ni Ishuri ryiza ryigisha neza cyane kuburyo umunyeshuri uhavuye ahavana ubumenyi n’uburere mu masomo atandukanye bafite harimo nk’ubwubatsi, ubukerarugendo n’amahoteri kandi umwana uhasoreje ahava azi kwihangira imirimo.

Amasomo yo muri CEPEM

Iri shuri ryigisha neza cyane ryatangiye mu mwaka wa 2009 rifite amacumbi meza aba afite amahumbezi ateye amabengeza kandi banafite abarimu babizinerewemo mu gutanga amasomo baturutse mu bihugu bitandukanye ndetse n’abanyeshuri bose iyo bamaze kwinjira mu Kigo ntibemerewe kongera kuvugana mu rurimi rw’ikinyaRwanda yewe n’abarimu n’uko.

Na Saint Peter Of College Shyogwe imyanya irahari

 

Kubashaka kuzana abanyeshuri babo ngo baze gushaka ubumenyi muri iki Kigo cy’Indashyikirwa kizwi ku Izina rya CEPEM bahamagara kuri Tel. igendanwa 0788333196 ndetse banayandikiraho kuri WhatsApp.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *