GAKENKE: Umuyobozi w’ishuri yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu.
NTAWUKURIRYAYO Jean d’Amour w’imyaka 48 y’amavuko, uyobora ikigo cy’amashuri cya GS Bitaba giherereye mu Kagari ka Rwa; Umurenge wa Muzo mu Karere ka Gakenke, watawe muri yombi, aho yari amaze iminsi ashakishwa n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gufata ku ngufu umwana w’umuhungu ukomoka mu Murenge wa Kamubuga Akagari ka Kidomo. Ubwo amakuru…