NIZEYIMANA Fils yashyize hanze indirimbo yise ” Nabereye Data Umwana” KANDA HANO UBASHE KUMVA IYI NDIRIMBO NSHYA

Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza IMANA uzwi kumazina ya Fils NIZEYIMANA mu minsi yashije nibwo yashyize hanze indirimbo yise “Nabereye Data Umwana” yishimirwa n’imabaga y’abamukurikirana umunsi kuwundi.

 

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yatubwiye ko afite byinshi arimo gutegurira abafana be cyangwa abakunzi.

Umuhanzi NIZEYIMANA Fils

Yagize ati:” Muri uyu mwaka mfite nyinshi ngiye gushyira hanze bitandukanye ariyo nayo mpamvu yanteye kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza IMANA moitamo gushyira hanze iriya ndirimbo bitewe nuko nabonye ko bikwiriye gutanga inama mubana bakiri bato”.

NIZEYIMANA afitiye byinshi ahishiye abakunzi be

Yakomeje atubwira ko yabonaga kwigisha umwana aruguhozaho Kandi bikaba bikwiye dore ko numwana yumva ndetse akanumvira ari nabwo navugaga ngo tega amatwi mwana wanjye.

Mu mwaka utaha azashyira hanze indirimbo nyinshi cyane

Yasoje avuga ko yatanga inama yo kubaha lmana dore ko aribwo bwenjye buri wese agomba kumenya ko lmana ishobora byose.

Ahishiye byinshi abakunzi be

Yanabashije kuducira kumayamjye ko iyi ndirimbo ye nshya ko yakozwe na janvier Ndahimana ukorera muri “The winner Record”.

KANDA HANO HEPFO UBASHE KUMVA UBUTUMWA BWIZA BURI MURI IYI NDIRIMBO:

YANDITSWE NA FRATERNE MUDATINYA JR. +250788625932/+250729506603

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *