MUSANZE: Abaturage by’umwihariko abo mu murenge wa NKOTSI, barashishikarizwa kurwanya no kurandura indwara ya Malaria

Abaturage bo mu karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu mudugudu wa Karambi, akagari ka Bikara mu murenge wa Nkotsi, barashishikarizwa kurandura no kurwanya indwara ya Malaria kubera ko byagaragaye ko iyi ndwara yiganje muri uyu mudugudu. Ibi ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’umuryango nyarwanda utari uwa Leta nk’umufatanyabikorwa wa Minisiteri y’ubuzima uzwi nka ‘ASOFERWA’ , NDAGIJIMANA Bernard,…

Read More

Abantu 70 bari batashye ubukwe bapfiriye mu mpanuka y’imodoka

Ku Cyumweru tariki 29 Ukuboza 2024, Nibwo mu Karere ka Bona gaherereye mu majyepfo ya Ethiopia, habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo yarohamye mu mugezi wa Galaanaa, abasaga 70 bahasiga ubuzima.   Wosenyeleh Simion, Umuvugizi wa leta ya Sidama yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters ko iyo modoka yari irimo abagenzi benshi bari batashye ibirori by’ubukwe, yaguye mu…

Read More

Perezida Kagame yibukije abafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ko bidashoboka kuko ubushake n’ubushobozi bwo kurinda Abanyarwanda byagiye byaguka, ku buryo abahirahira kubahungabanya na bo babibona ko igihe cyabo kibaze.

Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa abafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ko bidashoboka kuko ubushake n’ubushobozi bwo kurinda Abanyarwanda byagiye byaguka, ku buryo abahirahira kubahungabanya na bo babibona ko igihe cyabo kibaze.   Umukuru w’u Rwanda yabitangaje mu birori byo gusoza umwaka, byabaye mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukuboza 2024,…

Read More

Abasimbura ba Sam Karenzi na Kazungu Clever bamenyekanye!!! Fine FM yungutse abanyamakuru bashya mu kiganiro Urukiko ry’Ubujurire

FINE FM iri muri Radiyo zikunzwe mu Rwanda kubera ibiganiro by’imikino, yasimbuje Kazungu Clever na Sam Karenzi bari mu banyamakuru bakomeye baheruka gutandukana nayo. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo aba banyamakuru batandukanye n’iyi Radio bityo ko guhera muri iki cyumweru batazongera kuyumvikanaho. Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 30 Ukuboza 2024 benshi bibazaga uko…

Read More

Ishuri rya CEPEM (Technical Secondary School) ryatangaje ko hakiri imyanya y’abanyeshuri bashaka kuza kuhiga risaba ababyeyi kuhazana abana babo kugira ngo bahigire ubumenyi

Ishuri CEPEM (Technical Secondary School) riherereye mu karere ka Burera mu Murenge wa Rugarama ho mu Mudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Gafumba ugiye kugera muri Centre ya Nyarwondo ku muhanda neza neza uva Musanze werekeza ku mupaka uhuza u Rwanda na Uganda wa Cyanika rikora ku bufatanye na Leta ubu mu gihembwe kigiye gutangira…

Read More

Gakenke: Abaturage bishimiye gusoza umwaka mu gitaramo bateguriwe n’Urubyiruko kubufatanye na FXB Rwanda

Kuwa gatanu taliki ya 27/12/2024 mu Karere ka Gakenke habaye igitaramo ngarukamwaka cyateguwe kubufatanye n’umuryango udaharanira inyungu FXB Rwanda ku nsanganyamatsiko igira iti” “Rungano, twese tujyanemo mu bikorwa biteza imbere Igihugu cyacu”. Muri iki gitaramo kandi hanakozwe ubukangurambaga bwo gukumira ubwandu bushya bwa Virusi itera SIDA.   Muri iki gitaramo cyo gusoza umwaka wa 2024…

Read More

Uturere 3 two mu mujyi wa Kigali tuzakora ibijyanye n’ubudozi no gutegura ibirori N’aho utundi 8 bafite imishinga y’ubworozi n’ubuhinzi – Ubuyobozi bwa Green Party

Abayobozi b’ishyaka DGPR bamaze igihe cy’ibyumweru bibiri basura uturere dutandukanye mu ntara zose z’u Rwanda aho bari mu gikorwa cyo gusura abarwanashyaka bafite imishinga, y’ubucuruzi no gutegura ibirori, ubuhinzi n’ubworozi kandi bitezweho gutanga umusaruro uhagije kandi bukabyara inyungu no guteza imbere abaturage. Umushinga w’ubworozi bw’inkoko: Amatotoro yazo azakoreshwa mu buhinzi cyo kimwe n’ingurube byitezweho ko…

Read More

Rubyiruko ndabasaba gukorana na BDF mureke kwishora muri Bank Rambert – Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice

Kuri uyu wa gatanu Taliki ya 20 Ukuboza 2024 mu Karere ka Musanze habereye ubukangurambaga bufite insangamatsiko igira iti:”Birashoboka na BDF” bwari bwateguwe n’Ikigega gitera inkunga imishinga y’iterambere (BDF) bwari bugamije gukangurira abatuye Intara y’amajyaruguru kurushaho kumenya no kwitabira serivisi zitangwa niki Kigo kizwi ku izina rya BDF gikorera mu Rwanda rwose. Muri ubu bukangurambaga…

Read More

GICUMBI: Green Party yasuye umushinga w’ubuhinzi bw’ibirayi n’ibigori wakozwe n’abarwanashyaka

Uyu munsi kuwa 5 Tariki ya 20 Ukuboza 2024, Perezida w’ishyaka riharanira kurengera ibidukikije mu Rwanda Hon. Amb. Dr. Frank Habineza yasuye akarere ka Gicumbi ko mu ntara y’amajyaruguru kayobowe na Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice mu rugendo yari kumwe na bamwe mu bayobozi b’ishyaka mu gikorwa cyo gusura umushinga w’ubuhinzi bw’ibirayi n’ibigori wakozwe n’abarwanashyaka….

Read More

KIGALI: Green Party has launched a project that focuses on operations management and tailoring, focusing on “Made in Rwanda” products

Exciting news from Kigali City! Yesterday 19th/12/2024, The district of Gasabo, Kicukiro, and Nyarugenge launched a project focusing on event management and tailoring, with an emphasis on “Made in Rwanda” products. Our Party President Dr. Frank Habineza opened the meeting, highlighting our core principles: participatory democracy, ecological wisdom, social justice, non-violence, sustainable development, respect for…

Read More