Ese mwari muziko hagiye kuba ihangana rikomeye hagati ya East Africa na SADC?

Mu nama yabaye ejo, Nubwo President Ndayishimiye yahise abura internet akajyenda, umwanzuro wafashwe wingenzi ni uyu;Leta ya Congo iganire na M23, SADC nayo ifite inama ejo izafata umwanzuro.
Uganda n’u Rwanda bameze nkabavukana ubwoba barwana ariko mubijyanye n’umutekano bose bahuriza hamwe kandi SADC izi ijambo Ibyo bihugu bibi bifite muri aka karere na experience yo kumenya Congo dore ko ibihugu byombi byarwaniyemo imyaka myinshi ishize yaba ihirikwa rya Mobutu, Umoja wetu niyi Suja operation Uganda irimo muri Congo
Ibi biha ibi bihugu bibiri avantage yo kuba ntawabakanga ngo azabarasa avuye Congo kuko bayizi cyane. SADC izaca bugufi!
Umwanzuro rukumbi nuko M23 izahura na Tshisekedi. Wowe ubyumva ute?
Mfite ubwoba