
BURERA: Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yasabye abaturage kubyaza umusaruro umutekano bahawe na Perezida Kagame
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yasabye abaturage bo mu Ntara y’Amajyaruguru by’umwihariko abo mu Karere ka Burera, kubyaza umusaruro umutekano uzira amakemwa bahawe n’imiyoborere myiza irangajwe imbere na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame. Dr. Ngirente yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 Gashyantare 2025, ubwo yatangizaga Igihembwe cy’Ihinga B 2025, mu gikorwa…