Africa Yepfo ijya muri Congo yica inzirakarengane hashize igihe ijyana Isreal mu nkiko kubera Palestine

Isreal ibika Afrika Yepfo ahantu

President Trump atsinda amatora, Africa Yepfo ahita ayifatira ibihano ako kanya.

Ubushinwa bwamburwa isoko na leta ya Congo bati turayiha Uburayi, Abashinwa ntibavuga gusa babika Tshisekedi ahantu

Uburusiya ejo bundi buti; Isi ko yacecetse ubwo Congo yakoreshaga abacancuro? Ko ari twe mwavugirijeho induru? Putin ati; ntibyemewe kandi tuzereka Isi ko baceceka mugihe bakavuze

Luxemburg na Finland biti u Rwanda nta bihano murufatira muri EU. Luxembourg nkigihugu cyambere gikize iburayi hari influence nini iba ifite. Kandi wa mugani ntawuburanya umukire.

Mu minsi yashize President Kagame yari muri Qatar kandi Qatari nk’igihugu gikize cyane hari ishoramali ndetse n’imikoranire mu byagisirikare hafi aho.

Mu bihe byashize twabonye abakire b’abarabu bo muri Saudi Arabia baza mu Rwanda bashaka aho bashora imali.

Iburayi nta mikoranire y’ibyagisirikare bihambaye biri hagati y’u Rwanda n’iburayi. Mfite imibare ndibubasangize muri bwumirwe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *