Amakuru maze kubona nakuye mu nda y’Isi nuko President Tshisekedi yahawe indi nguzanyo ya 2Bn$

Amakuru maze kubona nakuye mu nda y’Isi nuko President Tshisekedi yahawe indi nguzanyo ya 2Bn$ ngo agure izindi drones zigezweho ndetse nizindi mbunda ku masezerano y’ubufatanye n’uruganda rwitwa Mecar. Iyi ni inguzanyo ntabwo ari inkunga.

 

Mecar ni uruganda rw’Ababiligi

Ni nyuma yaho M23 yafatiye ibikoresho by’agisirikare bibarirwa muri 3Bn$ utabariyemo armoury ya Goma nayo ihagaze 1.8Bn$

Ibikoresho M23 yafatiye Goma nta gahunda yo kurasa M23 byari bifite ahubwo byari ibyo kurasa mu Rwanda.

Ababiligi byarabababaje kubona Congo inanirwa kurasa ku Rwanda none babahaye indi nguzanyo.

Ahubwo bagire bagure izo stoke zindi M23 ntiyanga amazi mu yandi. Ababiligi murabona bazarusyaho? Ko iyi ntambara bayigize iyabo ngo zahabu bibaga muri Congo M23 yarazihagaritse

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *