Abongereza bagomba kwishyura u Rwanda Miliyari nyinshi cyane hafi 89,229,300,000 Frw ntusimbuke usome izo Miliyari 

 Aya mafaranga nayo ubwongereza bwemeranyijwe n’u Rwanda yo gutegura aho abimukira bazatura. U Rwanda rwakoresheje ayo mafaranga bategura aho abimukira bazaba, nyuma ubwongereza bwisubiraho gusa amasezerano yari yasinywe.

Nyuma yaho ubwongereza buvugiye ko hari ukuntu buri guhana u Rwanda, birengagije ko u Rwanda rwacecetse kuri uyu mwenda gusa mu mategeko u Bwongereza bugomba kwishyura.

Kubera ko mu masezerano havuga ko mu gihe ubwongereza bwa kwisubiraho, bugomba kuzishyura aya mafaranga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *