Kenya na Congo ko ubanza bitazoroha? SOMA INKURU IRAMBUYE

Muribuka ko tariki 15.12.2023 Alliance Fleuve Congo (AFC) ishyaka rya politike ryihuje na M23.
Gutaha ku mugaragaro ihuzwa ryabo byabereye muri Kenya.
Ibi byarakaje bikomeye Tshisekedi kugeza ubwo akora agashya kuri Ruto
Mu minsi ishije inzego z’iperereza za Kenya zasanze ya myigaragabyo urubyiruko rwakoze, yaragizwemo uruhare na leta ya Kinshasa.
Byateguwe na President Tshisekedi.
Aba influence ba Kenya bo kuri twitter nibo batangije iyi myigaragambyo. Byagaragaye ko bari barishyuwe akayabo ngo bapange aka kaduruvayo. Maze bashaka abajeune bakiri bato (Gen Z) cyangwa Genziz nkuko babivugaga (Ikinyamakuru Great Lakes Crisis) nacyo cyabigarutseho.
Abishyuwe batangije ama hashtag yamagana Ruto, aba influencer bakuru bahaga abato amafaranga make bakuye muri Congo nabo bakatsa umuriro.
Ngo nyuma yo gutahura abari inyuma y’iyimyigaragabyo barafashwe maze umuriro uzima gutyo.
Amakuru ahari avugako President wa Kenya nyuma yo kubimenya nawe hari ibyo ategurira President Tshisekedi.
Kenya yavuze kenshi ko kuba AFC yaramuritswe ku mugaragaro nta cyaha Kenya yakoze dore ko Congo itigeze narimwe iha Kenya ibipapuro byo guta muri yombi abari muri AFC kandi ko muri Kenya buri wese afite ubwisanzure.
Ibi bintu murabona bizarangira gute?
Abantu ba Kinshasa harimo na Bitakwire bakunze kuvuga ko kuba Ruto akunda inka byerekana ko nawe ari umunyarwanda wo muri ampire Hima.