Menya byinshi kuri President Kagame, Elon Musk, President Trump na Mario.

Twagiye,

Elon Musk mwese muramuzi, muri iyi minsi bamwe bavuga ko ari nawe umeze nka President wa America  abakurikirana muziko ariwe wagize uruhare ngo Trump atsinda kandi bahorana muri White House. Elon ni umukire wa mbere kw’Isi uri no kuruhembe rwa politike kwisi.

Murabizi ukuntu iburayi abamereye nabi we na Trump

U Rwanda rero aho ndukundira, mpita nanabereka ku bafite ibibazo ngo;  ko ibihugu byose by’iburayi na Canada bari gufata ibihano, mureke tugendane

Hari umu influencer witwa Mario Nawfal, uyu akorana na Elon Musk.

Hita usura account ya Elon urebe, urahita ubona ko ubutumwa bwinshi bwa Mario, Elon Musk abusakaza.

No muri space ategura Elon azizamo kuko barakorana muburyo buziguye.

Ibi bivuze iki rero, bivuze ko bose bari muri team imwe,  ni nkuko iyo yumvise amakuru ya M23 unyarukira kwa Dr Dash cyangwa abandi uzi bashobora kuba babona amakuru directly kuba commanders ba M23.

Anyway; uyu Mario yaje mu Rwanda gusura ndetse anahura na President Kagame.  Yanasuye ibice byinshi by’u Rwanda kugirango yumve neza ibiri kuba.

Mu minsi iri imbere muzabona ikiganiro cye na President Kagame.

Ubwose ni ngombwa ngo nkomeze inkuru?

Wowe sure account ya Elon Musk urahita ubona uyu Mario.

Ibi bintu hari abo byagenewe.

President Kagame nzongera mutore pe

Abandi namwe mwandike kuri iyi nkuru nziko abenshi batari babibonye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *