Aba bagabo mwamenye ibyabo? SOMA INKURU IRAMBUYE

Iki gihugu uburyo gikoramo bizakomeza kurakaza ibihugu by’iburayi
Umuyobozi Mukuru wa Police y’u Rwanda, Inspector General of Police Namuhoranye Felix hamwe na Ministri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana bafashe umwanzuro nahereyeho mvuga ko ari uwo Gihanga Ngoma 100 wahanze u Rwanda.
Muri ya gahunda yo kwigira, Afande Felix na Ministri bagize batya bati; Abanyarwanda bagomba kwivuriza mu Rwanda indwara zose kandi kuri mitiweri
Aha niho camera zo mu muhanza zizira
Police iti; amafaranga azajya acibwa abantu na camera yo mu muhanda, amenshi tuzayashyira muri iyi service ya Mutuelle de santé. Kandi birakorwa.
Bivuze ko abantu bivuza indwara zikomeye bivuriza kuri mitiweri 100/100 nka kanseri yewe harimo no gusuzuma kanseri si ukuvura gusa.
Kwakundi ukora amakosa mu muhanda, camera ikakwandikira ujye umenyako ufashije umuntu kwivuza.
Ntibivuze ko tugomba gukora amakosa dutwaye gusa niwandikirwa na Camera ujye umenya aho amenshi ajya.
Icyo bivuze kwishakamo ibisubizo ibaze u Rwanda rutakira inkunga nimwe iva iburayi uko rwaba rusa? Kandi niho bigana.