TURIRIMBE DIDACE

Birarangira bite ibyo gutandukana hagati ya Nyinawumuntu Divine na TFS?

Inkundura y’ibibazo hagati y’Abahanzi n’abashinzwe kureberera inyungu zabo babarizwa mu kuramya no guhimbaza Imana, byatangiye gusakuza cyane mu gihe cya COVID-19. Aha ni igihe Irene Murindahabi yagabweho igitero gikomeye cyane n’umugabo witwa Nzizera Aimable bivugwa ko yashakaga kumukura mu biganza itsinda ry’abakobwa babiri ari bo Vestine & Dorcas. Byavugwaga ko Aimable ngo yari umunyamafaranga kuburyo…

Read More

Tom Close, Annette Murava,Gaby Kamanzi na Prophet Ernest Nyirindekwe bagiye guhurira mu gicaniro “Make Room” cyateguwe na Bryan Lead

Bryan Lead ni umwe mu banyarwanda baminuje mu gutunganya umuziki, ndetse ni umuramyi w’itezwe nabenshi kubera ubuhanga agaragaza. Avuga kuri iki gicaniro, yavuze ko “Make Room” ari ijambo ry’Imana riri muri Bibiliya ryanditse mu Ibyahishuwe 3:20 “Dore mpagaze ku rugi ndakomanga. Umuntu niyumva ijwi ryanjye agakingura urugi, nzinjira iwe dusangire.”   Mu kiganiro na Rwanda…

Read More

Murekatete Joselyine niwe mugabuzi uzagabura mu gitaramo i Batsinda.

Ni igitaramo urubyiruko rwa Adepr Batsinda rwateguye kizamara iminsi itatu. Iki gitaramo Kizatangira kuwa gatanu taliki 19 gisozwe taliki 21/07/2024 Taliki ya 19 na 20 kizajya gitangira saa kumi gisozwe saa mbiri z’umugoroba, naho ku cyumweru taliki 21/07/2024 kizatangire saa munani gisozwe saa mbiri. Muri iki gitaramo hatumiwemo umuvuga butumwa ukunzwe cyane kubw’amavuta afite uzwi…

Read More

Indirimbo nshya 5 Nziza z’asohotse muri iki cyumweru dusoje.

Muri iki cyumweru hasohotsemo indirimbo nyinshi ziramya ndetse zinahimbaza Imana. Rwanda today twabahitiyemo indirimbo 5 Nziza zabafasha kumererwa neza.   1. NTAHINDUKA BY Nice Ndatabaye ft Bosco NSHUTI. Iyi ndirimbo tangira  Bosco Nshuti aririmba ati” Yesu ntajya ahinduka, uko yari ari n’ubu Niko akiri, aracyakiza indwara z’umutima n’umubiri”. Yumve hano     2. YA MAJWI …

Read More

Kugira abifuza gucuranga nkuko mbikora byampaye imbaraga yo gukomeza

Mu kiganiro Rwanda today yagiranye na MUSHIMIYIMANA Fidele yavuze ko yifuje gukora umuziki kuva keraNdetse agashyiramo uruhare rwe mu muziki murwego rwo gukomeza kwagura ubwami bw’Imana. Yakomeje avugako ubundi yabanje kuba umucuranzi w’ingoma (drummer), nyuma aza gukomereza kuri saxophone. Ati” nahoze nshuranga ingoma (drums) ariko nakundaga iyo umuntu cyane cyane umwana yambwiraga ko yumva ashaka…

Read More

Musanze: MIPC Umuyobozi arashinjwa gusambanya abana batujuje imyaka y’ubukure

        Ikigo cya Muhabura integrated polytechnic college ni ikigo gishamikiye ku itorero Anglican, giherereye mu karere ka Musanze. Umuyobozi ushinzwe imyitwarire muri iki kigo bwana Honore nyuma yo kugezwa mu bugenza cyaha RIB -Musanze ubwo yashinjwaga guhohotera umwana w’umukobwa utujuje imyaka kugeza ubu biravugwa ko yahise arekurwa, ibyo bamwe bemezako ari ukugira…

Read More

Twavukanye indwara ikomeye ikira tubonanye na Yesu gusa.

Elsa Cluz nyuma yo gushyira hanze ndirimbo yise KUBONANA NAWE, yagiranye ikiganiro na Rwanda today. Yatangiye asobanura inkomoko n’imvano y’iyi ndirimbo.  ati” Iyi ndirimbo ishingiye ku bitekerezo 2 byo muri Bibiliya aho tubonamo umuntu wari waramugaye ibirenge ndetse yahoraga aterurwa bakamuzana ku irembo ry’urusengero kugirango asabe”. Yakomereje ku inkuru ivuga ku mugore wari amaranye uburwayi…

Read More

Gicumbi: Haleluya Paul ni muganga w’imitima

Perezida Dr Paul kagame ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu karere ka Gicumbi  ahari hateraniye ibihumbi by’abantu bari bitabiriye iki gikorwa baturutse mu turere twa Gicumbi, Rulindo, Nyagatare na Burera. Muri iki gikorwa perezida Dr Paul kagame hari amagambo yavuze ndetse bikurura amarangamutima y’abantu bitabiriye iki gikorwa. Hari aho yagize ati” ndishinja icyaha…

Read More

Amashimwe yandushije imbaraga mpitamo kubinyuza mu ndirimbo nyita Urashoboye Mana. umuhanzi DUFASHWANAYO Jeanne

Urugendo rwe rwa muzika rwatangiye mu mwaka wa 2021 ubwo yakoraga indirimbo ye ya mbere muri studio, gusa DUFASHWANAYO Jeanne yemeza ko kuva akiri umwana yakundaga kuririmba ku buryo budasanzwe. Uyu muhanzi uri mu bahanzi bagaragaraho amavuta adasanzwe yamaze gushyira hanze Indirimbo nshya yitwa URASHOBOYE Aganira na Rwanda today yagize ati “ni indirimbo irimo ishimwe…

Read More

Amadini ahari ni ane (4) missionary Felix Twagirumukiza yahuguye abirata amadini basengeramo

Missionary Felix Twagirumukiza yahuguye abakirisito batekereza ko bazajya mu ijuru ngo kuko basenga kenshi cg bakaba basengera mu idini runaka.  Ubwo yaganiraga na Rwanda today missionary Felix yavuze ko abantu bahora bibaza idini y’ukuri anatanga igisubizo cy’icyo kibazo. Yagize Ati “Idini nyayo tuyisanga muri yesaya 58″. akomeza ati” rero niba dutekereza ko kuba mucyo twita…

Read More