HABIMANA Ildephonse Faida

Rebecca wamenyekanye nk’umunyonzi yamaze kwinjira muri cinema Nyarwanda,muri filimi ikunzwe cyane.

Umunyonzikazi Mbonyumugisha Rebecca wamenyekanye nka Florence w’i Gakenke, ubu yamaze kwinjira mu ruhando rwa Cinema Nyarwanda aho yagaragaye muri Firime yitwa MUKADATA y’umunyarwandakazi usanzwe aba muri cinema nyarwanda witwa Lynda. Mu mpera z’Ukwezi kwa Nyakanga nibwo uwitwa Mbunyumugisha Rebecca yagaragaye Ku muyoboro wa YouTube w’itwa YAGO TV SHOW aho yagaragazaga uburyo yatinyutse nk’umudamu agafata igare…

Read More

Abantu 45 bari mu gatsiko kiyise Abameni bakurikiranweho kwiba asaga miliyoni 400 kuri telephone.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwerekanye abantu 45 bakurikiranweho ubutekamutwe bakiba amafaranga y’abantu aho bari bamaze kwiba arenga Miliyoni 400 z’amanyarwanda. Kuri uyu wa mbere tariki ya 09.09.2024 Ku bufatanye bwa RIB na Polisi y’igihugu herekanywe agatsiko k’abajura 45 biyita “Abameni”, bibaga bakoresheje ubushukanyi bakiba abantu amafaranga cyane cyane kuri Mobile Money. Nkuko umuvugizi wa RIB yabivuze…

Read More

Minisitiri Vincent Biruta yasubije umuturage wagaragaje ibibazo bibangamiye Za Kasho nko kutagira ubwiherero.

Ministiri w’umutekano w’imbere mu gihugu Honorable Vincent Biruta yasubije umuturage wamugejejeho icyifuzo cy’ibibazo by’uruhuri bibangamiye abafungirwa muri za Kasho nko kutagira ubwiherero buhagije,no gufasha ukeneye kubujyamo,uburyo umuntu atabwa muri yombi ntibihite bikenyeshwa umuryango ndetse n’abaturage babangamirwa n’umwanda uva muri za transit center,maze amusezeranya ko bigiye kugenzurwa Kandi bigakemurwa vuba. Ni ubutumwa bwanditswe n’umwe mu bakoresha…

Read More

Ntabwo ari ikibazo cy’umutekano muke ni ukugira igisirikare cy’umwuga.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwatangaje ko bwashyizeho uburyo bushobora gufasha Urubyiruko rw’Abanyarwanda rubyifuza kwinjira mu murimo w’igisirikare nk’Inkeragutabara,bwemeza ko Atari ikibazo cy’umutekano muke uri mu Karere ahuhwo arukugira igisirikare cy’umwuga. Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye  kuri uyu wa Gatanu Tariki 16 Kanama 2024, ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwatangaje icyatumye bushiraho uburyo bushya bwo guha amahirwe abifuza…

Read More

Muhoozi Kainerugaba yatangaje ikintu gikomeye akundira abanyarwanda kizatuma yitabira irahira rya Perezida KAGAME.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda Muhoozi Kainerugaba akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda, yatangaje ko akunda abanyarwanda kuko ari ubwoko bwe kuko ari umunyarwanda ndetse yemeza ko azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Paul KAGAME kuwa 11 Kanama 2024. Mu nshuro zitandukanye Muhoozi Kainerugaba abinyujije k’urukuta rwe rwa X yagiye yandika inyandiko zitandukanye zivuga Ku Rwanda…

Read More

Mbonyumugisha Rebecca ukora akazi k’Ubunyonzi ntacibwa intege n’abamuseka ahuhwo we areba iterambere.

Ntabwo nshika intege kubera abanseka,abumva batanyishyura,ndetse nabamfata ukundi,nkunda akazi nkora ndangamiye iterambere Umudamu witwa Mbonyumugisha Rebecca w’imyaka 29 arubatse afite umugabo n’abana 2 bakaba batuye mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Muyumbu. Rebecca ukora akazi ko gutwara abagenzi Ku igare (ubunyonzi) avuga ko atajya acibwa intege n’abantu bamubona ari mu Kazi bakamuseka bamuca intege…

Read More

Umuhanzi Logan Joe yashize hanze EP yise Hold Me ashira igorora abakundana.

Umuhanzi Logan Joe uri mu bamaze kwigarurira imitima ya benshi biganjemo urubyiruko yashyize hanze Extended Play[EP], nshya yise ‘Hold Me’ igaruka ku rukundo. Uyu muhanzi avuga ko yakoze iyi EP ashaka kwereka abantu ko uretse Trap Soul, Trap, Drill n’izindi njyana ziri mu mujyo wa Hip Hop n’izindi zitandukanye n’izi yazikora. Yagize Ati “Iyi EP…

Read More

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC yerekanye intwaro 3 z’imisada mu busatirizi.

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” yerekanye abakinnyi batatu bakina basatira izamu barimo Umunya-Mali Mamadou Lamine Bah n’Abanya-Nigeria Odibo Godwin na Nwobodo Johnson Chidiebere. Ni nyuma Yuko ikubutse mu irushanwa rya CECAFA KAGAME CUP, ryaberaga mu gihugu cya Tanzania aho yatahukanye umwanya wa 2 ,itsindiwe kuri Final na Red Arrows kuri Penality 10-9 za APR FC….

Read More

Minisitiri w’u Rwanda n’uwa RDC b’ububanyi n’Amahanga bahuriye muri Angola.

Kuri uyu wa Kabiri, i Luanda muri Angola hateraniye inama ya kabiri y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga yiga ku bibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. Ni inama u Rwanda ruhagarariwemo na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Nduhungirehe Olivier, naho k’uruhande rwa Congo ihagarariwe na Therese Kayikwamba Wagner nawe w’ububanyi n’Amahanga. Iyi nama yabaye…

Read More