RIB yatangaje ko yafunze Liliane Uwineza urimo gukurikiranwa kubera ibiganiro akora ku muyoboro we wa YouTube bigana mu nzira zo gukora ibyaha

RIB ivuga ko yamuhamagaye iramuganiriza ndetse imugira inama yo kujya yigengesera ku magambo akoresha mu biganiro akora kuko ibyinshi babonaga biganisha ku byaha. Icyo gihe RIB yamugiriye inama yo kureka gutukana no kwibasira abandi no gukoresha imvugo zishobora gukurura urwango. Yagaragaje ko yabyumvise ndetse asaba imbabazi, yiyemeza kugira ibyo ahindura ndetse asiba n’ibiganiro bimwe, ariko…

Read More

Umunyemari Munyakazi Sadate wanigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yagaye urubyiruko ruri gutwama umuhanzikazi Vestine ko yasezeranye n’Umunya-Burikina-Faso

Umunyemari Munyakazi Sadate wanigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yagaye urubyiruko ruri gutwama umuhanzikazi Vestine ko yasezeranye n’Umunya-Burikina Faso bivugwa ko amukubye hafi kabiri mu myaka, avuga ko “urukundo rutarobanura ku butoni no ku myaka.” Nyuma yuko aba bombi basezeranye bikanatungura benshi, hahise hakurikiraho izindi nkuru zo ku mbuga nkoranyambaga, z’abavuga ko Vestine w’imyaka 21…

Read More

Polisi yafashe imodoka 2 zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu y’imyenda ya caguwa, amavuta yo kwisiga yangiza uruhu bakunze kwita ‘mukorogo’ n’ibindi bicuruzwa bitandukanye. Hafashwe umushoferi w’imwe muri izo modoka zo mu bwoko bwa…

Read More

Minisitiri Nduhungirehe yanenze Amerika ikomeje kugereranya M23 na FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ubutegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje kugereranya umutwe witwaje intwaro wa M23 n’uw’iterabwoba wa FDLR. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 16 Mutarama 2025, ibiro bya Amerika bishinzwe ububanyi na Afurika bitangaje ko “ibibazo biterwa na M23 na FDLR bikwiye gukemurwa mu buryo bwihutirwa”. Minisitiri…

Read More

Byagenze bite ngo abarimu batanu batabwe muri yombi na RIB

Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru y’abarimu batanu bigisha mu bigo by’amashuri bitandukanye byo muri aka karere batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bazira gukoresha impamyabushobozi mpimbano. Aba barimu batawe muri yombi ku wa 08 Mutarama 2025, barimo uwitwa Emmanuel Ushimimana w’imyaka 30 y’amavuko. Ushimimana asanzwe yigisha ku kigo cy’ishuri cya G.S Rugaragara giherereye…

Read More

MUSANZE: Abakinira FATIMA WFC y’abagore bambuwe na Padiri Ferdinand bararira ayo kwarika biyambaje Musenyeri Nyiricyubahiro Harolimana Vicent ngo abishyurize

Taliki ya 14 Mutarama 2025 nibwo Itangazamakuru ryamenye amakuru y’abakinnyi bakinira FATIMA WFC Y’abagore bari bagiye kwishyuza amafaranga bakiniye muri Ekipe bakinira kwa Musenyeri Nyiricyubahiro Harolimana Vicent uyobora Diyoseze ya Ruhengeri ababwira ko bakishyuza Padiri ukuriye iyi Ekipe witwa Hagabimana Ferdinand abasaba ko bajya kureba uyu ku biro bye mu kizungu ahazwi ku izina rya…

Read More

BIDASUBIRWAHO: MUSANGANYA Faustin yongeye kwandagaza INES-RUHENGERI ubugira kabiri – KANDA HANO HASI UBASHE GUSOMA IYI NKURU ICUKUMBUYE

Urukiko rukuru rwa Musanze rwasomye urubanza rwa Musanganya Faustin yarezemo INES-RUHENGERI iyobowe na Bwana Nyiricyubahiro Harolimana Vicent uyobora diyoseze ya Ruhengeri. Mu gusoma uru rubanza, abari baje gusomerwa uru rubanza batunguwe no kuba haje umugore wambaye ikanzu yumutuku akarusoma atambaye imyenda isanzwe yabasanzwe basoma imanza zitandukanye anakora amakosa yo kurusomera aho abaje bagana uri rukiko…

Read More

Nshuti Innocent yamaze gusinyira Sabail SK yo muri Azerbaijan. Kanda hano umenye Ibintu 7 biranga iyi ekipe yerekejemo

Ni iki wamenya kuri Shampiona Rutahizamu yerekejemo ?   1. Azerbaijan Premier [ Misli Premyer Liqası] igizwe n’amakipe 10 gusa, ikigugu kiyoboye ni Qarabaq. 2. Ikipe ya nyuma ni Sabail FK. 3.Muri iyi shampiona, hamaze gukinwa imikino 18, ko ari amakipe 10, urumva hadasigaye umukino 1 gusa ? Oya ! buri kipe isigaje imikino 10…

Read More

Ikipe ya Mukura VS irimbanyije imyiteguro yo kwakira Rayon Sports kuwa Gatandatu tariki 11 Mutarama 2025 kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye

Ni Umukino MVS yise “History Derby”, ” Umukino w’Ishiraniro ry’Amateka“. Amatike ari muri Sisiteme yaba no kubashaka kugura mbere y’umukino ndetse no ku munsi w’umukino nyirizina. Kugeza ubu Mukura VS bashyize hanze imibare isigaye muri buri myanya igize Stade Huye. Mu butumwa abayobozi ba Mukura VS bari gutambutsa baravuga ko bashaka gukora amateka yo guhagarika…

Read More