MUSANZE: Kuri uyu wa gatanu mu IBIZZA RESORT hateguwe igitaramo cy’imbaturamugabo

Uyu munsi mu Karere ka Musanze ahazwi ku izina rya IBIZZA RESORT hateguwe igitaramo cy’imbaturamugabo kiraba kirimo abavangavanzi b’umuziki batandukanye. Iki gitaramo kiraba kirimo aba DJ’s batatu bafite amazina akomeye mu kuvangavanga imiziki Mu Karere ka Musanze aribo: DJ YOUNG, DJ PAPSON na OZ THE DJ. Uburyo biraza gukorwamo habanza umu DJ umwe agacurangira abari…

Read More

Mu minsi mike abarize ayo kwarika kubera kwamburwa na Padiri Ferdinand Hagabimana bagiye guseka – Minisitiri wa siporo Nelly Mukazayire

Mu gihe kitarambiranye abakinira FATIMA WFC bari bafite agahinda bitewe no kumara amezi 4 badahembwa umushahara n’agahimbazamusyi byatangajwe ko bagiye guseka bishimishije. Minisitiri wa siporo Nelly Mukazayire abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter (X) yavuze ko iki kibazo cy’aba bakinnyi b’ikipe ya Fatima Women Football Club batabaza basaba kwishyurwa imishahara na Prime ko biri gukurikiranwa…

Read More

Perezida Kagame yibukije abafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ko bidashoboka kuko ubushake n’ubushobozi bwo kurinda Abanyarwanda byagiye byaguka, ku buryo abahirahira kubahungabanya na bo babibona ko igihe cyabo kibaze.

Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa abafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, ko bidashoboka kuko ubushake n’ubushobozi bwo kurinda Abanyarwanda byagiye byaguka, ku buryo abahirahira kubahungabanya na bo babibona ko igihe cyabo kibaze.   Umukuru w’u Rwanda yabitangaje mu birori byo gusoza umwaka, byabaye mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 30 Ukuboza 2024,…

Read More

GATSIBO: Dr. Fank HABINEZA together with the team responsible for evaluating and monitoring activities in the Green Party visited the residents and gave them training

Today 18th/12/2024, the President Amb Hon Dr. Frank HABINEZA along with the evaluation and monitoring team, continued his visits in the Rwanda East specifically in GatsiboDistrict . During this training session for the youth involved in the poultry project, he emphasized on our core party principles, including participatory democracy, social justice, respect for diversity, human…

Read More

Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yasabye abayobozi gukangurira abaturage kwirinda ubusinzi

Mu ntara y’Amajyaruguru habereye inama nyunguranabitekerezo ku mibereho myiza y’abaturage. Aho yatangijwe na Bwana Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice asaba abitabiriye Kujya bihutisha gahunda yo kubakira inzu abarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri 1994, Gukaza ingamba mu kubungabunga umutekano w’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi, Gushyira ingufu muri gahunda zitandukanye zigamije kuvana abaturage mu bukene,…

Read More

Bikem wa Yesu Umenyerewe Nk’umusesenguzi yiyambuye Uwo Mwambaro Yambara Umwambaro W’i Bwami

Bikorimana Emmanuel Wamenyekanye Nka BIKEM WA YESU azanye Imbaraga Zidasanzwe mu muziki aho Ubu Yamaze Gushyira Hanze Indirimbo Ivuga Ngo”Hari Umwami Wa Kera”. Hari Umwami Wa Kera Ni Indirimbo Iboneka Mundirimbo Zo Gushimisha Imana Kuri No Ya 419. Bikem Wa Yesu Wasubiyemo Iyi Ndirimbo Ni Muntu Ki? Ni Umusore Ubarizwa Mu Itorero Rya ADEPR Remera…

Read More

Musanze: Ishuri rya CBS/ Kinigi ryongeye kwesa umuhigo wo gutsindisha 100% muri uyu mwaka w’amashuri 2024-2025

Ikigo cy’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro kizwi nka CBS/ Kinigi( College Bapiste St. Syliveste Kinigi) riratangariza ababyeyi ko ryongeye kwesa umuhigo ritsindisha 100% kandi ko rikomeje kwakira no kwandika abashaka kuryigamo kubera ko ngo imyanya igihari mu ishami ry’ubukerarugendo (Toursim) n’iby’ubutetsi (Food and Beverage Operation). Nkuko Umuyobozi w’ishuri, Rév. Pasteur NIYIGABA Jimmy Emmanuel yabitangarije rwandatoday.biz ubwo yari…

Read More

CANADA: UmunyaRwanda Nyabyenda Donat, Umubyinnyi w’umuhanga, umuvuzi w’ingoma, Umucuranzi yagaragaye mu mbyino gakondo yishimirwa cyane muri “JAZZ MUSIC”

UmunyaRwanda Nyabyenda Donat uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi Nyabyenda Dacosta akaba Umubyinnyi w’umuhanga, umuvuzi w’ingoma, Umucuranzi yagaragaye mu mbyino gakondo yishimirwa cyane muri “JAZZ MUSIC”. Uyu muhanzi uba muri Canada mu mugi wa Ottawa akunzwe na benshi bitewe nuko yerekana umuco nyarwanda muri iki gihugu. Iyo yateguye ibitaramo bitandukanye yerekana uko babyina, kuvuza ingoma ndetse…

Read More