Umunyemari Munyakazi Sadate wanigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yagaye urubyiruko ruri gutwama umuhanzikazi Vestine ko yasezeranye n’Umunya-Burikina-Faso

Umunyemari Munyakazi Sadate wanigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yagaye urubyiruko ruri gutwama umuhanzikazi Vestine ko yasezeranye n’Umunya-Burikina Faso bivugwa ko amukubye hafi kabiri mu myaka, avuga ko “urukundo rutarobanura ku butoni no ku myaka.” Nyuma yuko aba bombi basezeranye bikanatungura benshi, hahise hakurikiraho izindi nkuru zo ku mbuga nkoranyambaga, z’abavuga ko Vestine w’imyaka 21…

Read More

NIZEYIMANA Fils yashyize hanze indirimbo yise ” Nabereye Data Umwana” KANDA HANO UBASHE KUMVA IYI NDIRIMBO NSHYA

Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza IMANA uzwi kumazina ya Fils NIZEYIMANA mu minsi yashije nibwo yashyize hanze indirimbo yise “Nabereye Data Umwana” yishimirwa n’imabaga y’abamukurikirana umunsi kuwundi.   Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru yatubwiye ko afite byinshi arimo gutegurira abafana be cyangwa abakunzi. Yagize ati:” Muri uyu mwaka mfite nyinshi ngiye gushyira hanze bitandukanye…

Read More

Umuramyi Benir Benjamin Ira yashyize hanze indirimbo yise “Azakomera” KANDA HANO HEPFO UBASHE KUMVA IYI NDIRIMBO

Mu minsi mike nibwo uyu muhanzi yashyize hanze iki gihangano gishya cyitwa “Azakomera” gifite inyigisho nziza cyane zigisha abakunzi be. Mu kiganiro uyu muhanzi twagiranye yagize ati:”Muraho? Ndabashimiye kubera ko mukomeje kunshyigikira mu bihe ndimo byo gutegura indirimbo zo kuramya no guhimbaza IMANA. Iyi ndirimbo ndimo gushishikariza abatarayumva kugira ngo babashe kumva inyigisho nziza zirimo…

Read More

Ibihugu 10 ku Isi buri mukristu wese akwiye kugendera kure

Ni kenshi humvikana inkuru z’abishwe cyangwa abatotejwe bahorwa imyizerere yabo. Ni muri urwo rwego rero Abakristo bagirwa inama yo kwirinda kugenda mu bihugu bimwe na bimwe kubera akaga bashobora kubiboneramo. Hirya no hino ku isi, abakristo barenga miliyoni 365 bahura n’ibibazo byinshi bishingiye ku itotezwa n’ivangura bazira kwizera Yesu/Yezu. Abo, ni abakristo bagera kuri 1/7…

Read More

Pasiteri yerekanye umugore we mu rusengero ahita atakaza abayoboke b’abakobwa bagera kuri 700

Pasiteri James Ng’ang’a uzwi cyane mu bakunda kwigisha ijambo ry’Imana babinyujije kuri televiziyo, ndetse akaba ari we washinze Itorero rya ‘Neno Evangelism’ muri Kenya, yatangaje ko abagore 700 bimutse bakava mu rusengero rwe nyuma y’uko aberetse umugore we mushya yashatse witwa Murugi Maina. Bwa mbere yatangaje ko muri rusange yatakaje abakirisitu basaga 400, biturutse ku…

Read More

Menya akamaro k’Ijambo ry’Imana! Ingingo nkuru 4 zikwigisha neza akamaro k’Ijambo ry’Imana

Akamaro k’Ijambo ry’Imana! Ingingo nkuru 4 zikwigisha neza akamaro k’Ijambo ry’Imana Ijambo rya Kristo ribe muri mwe rigwiriye rifite ubwenge bwose, mwigishanye, muhugurane muri Zaburi n’indirimbo n’ibihimbano by’umwuka… Abakolosayi 3:16 Ugisoma iki cyanditswe wakwibaza impamvu Pawulo abwira abantu gutunga Ijambo ry’Imana rigwiriye mu buzima bwabo. Ukuri ni uku: Nta kintu na kimwe Imana ikora mu…

Read More

Gakenke:Abagera ku 120 bo mu Murenge wa Gakenke biyemeje kureka ibiyobyabwenge

Mu giterane cy’iminsi itatu cyateguwe kubufatanye bwa Compassion International amadini n’amatorero akorera mu Karere ka Gakenke, mu bukangurambanga bwakozwe guhera tariki ya 21 KANAMA 2024 abagera ku 120 bo mu Murenge wa Gakenke biyemeje kureka ibiyobyabwenge. HAKUZIYAREMYE Deogratias, wari uhagariye Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke yashimiye Compassion International igikorwa cyiza cyo kurwanya ibiyobyabwenge byiganje mu rubyiruko…

Read More