
TikTok yatangiye kongera gukora muri Amerika ku bufasha bwa Donald Trump
Abayobozi ba TikTok baratangaza ko nyuma y’ubwumvikane bagiranye na Donald Trump ubura amasaha make akarahirira kuba Perezida wa Amerika, uru rubuga bari gukora ibishoboka kugira ngo rugaruke ku murongo. Ni nyuma y’uko mu masaha y’ijoro kuri uyu wa 18 Mutarama 2025 rufunzwe muri Amerika kubera gushinjwa imikorere idahwitse. Mu itangazo TikTok yasohoye, bavuze ko mu…