TikTok yatangiye kongera gukora muri Amerika ku bufasha bwa Donald Trump

Abayobozi ba TikTok baratangaza ko nyuma y’ubwumvikane bagiranye na Donald Trump ubura amasaha make akarahirira kuba Perezida wa Amerika, uru rubuga bari gukora ibishoboka kugira ngo rugaruke ku murongo. Ni nyuma y’uko mu masaha y’ijoro kuri uyu wa 18 Mutarama 2025 rufunzwe muri Amerika kubera gushinjwa imikorere idahwitse. Mu itangazo TikTok yasohoye, bavuze ko mu…

Read More

Rubyiruko ndabasaba gukorana na BDF mureke kwishora muri Bank Rambert – Guverineri w’Intara y’amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice

Kuri uyu wa gatanu Taliki ya 20 Ukuboza 2024 mu Karere ka Musanze habereye ubukangurambaga bufite insangamatsiko igira iti:”Birashoboka na BDF” bwari bwateguwe n’Ikigega gitera inkunga imishinga y’iterambere (BDF) bwari bugamije gukangurira abatuye Intara y’amajyaruguru kurushaho kumenya no kwitabira serivisi zitangwa niki Kigo kizwi ku izina rya BDF gikorera mu Rwanda rwose. Muri ubu bukangurambaga…

Read More

BASI GO yongereye bisi nini zitwara abagenzi mu mujyi wa Kigali zikoresha amashanyarazi

Kuri uyu wa 2 Gashyantare 2024, Sosete ya BASI GO yongeye guha sosete zitwara abantu n’ibintu izindi bisi nini ebyiri zikoresha amashanyarazi, izi bisi zikaba zitezweho gutanga umusaruro ushimishije ku bazihawe ndetse no kugira uruhare rushimishije mu kubungabunga ibidukikije hagabanywa ibyotsi bihumanya ikirere. Ni Bisi ebyiri nini zikoresha ingufu z’amashanyarazi zashyikirijwe Sosete itwara abantu n’ibintu…

Read More

Menya ingaruka zo gushyira ubuzima bwawe bwite ku mbunga nkoranyambaga

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo CareerBuilder bwagaragaje ko abakoresha 54% bimye akazi abantu basabaga akazi bagendeye ku byo babonye bamaze iminsi bashyira ku mbuga nkoranyambaga zabo. Niba ukoresha rumwe mu mbuga nkoranyambaga zigezweho nta kabuza ubona benshi bazishyiraho ubuzima bwabo bwite ku buryo umenya ibyo atekereza, aho bagiye n’ibyo bariye kuva ku wa Mbere kugeza ku Cyumweru….

Read More

Musanze: Ishuri rya CBS/ Kinigi ryongeye kwesa umuhigo wo gutsindisha 100% muri uyu mwaka w’amashuri 2024-2025

Ikigo cy’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro kizwi nka CBS/ Kinigi( College Bapiste St. Syliveste Kinigi) riratangariza ababyeyi ko ryongeye kwesa umuhigo ritsindisha 100% kandi ko rikomeje kwakira no kwandika abashaka kuryigamo kubera ko ngo imyanya igihari mu ishami ry’ubukerarugendo (Toursim) n’iby’ubutetsi (Food and Beverage Operation). Nkuko Umuyobozi w’ishuri, Rév. Pasteur NIYIGABA Jimmy Emmanuel yabitangarije rwandatoday.biz ubwo yari…

Read More

NGOMA: NDABUC Vocational Training Center yashyize hanze itangazo ko yatangiye kwandika abanyeshuri mu masomo atandukanye

NDABUC Vocational Training Center iributsa abifuza kwiga imyuga mu gihe cy’umwaka wa 2024/2025 ko kwiyandikisha byamaze gutangira ndetse banabasha gushyira hanze amasomo bazigisha bishyirwa mu itangazo rimenyesha. Amakuru ajyanye no kwiyandikisha kujya kwiga muri NDABUC Vocational Training Center twayatangarijwe n’umuyobozi bwishuri ko bakeneye abanyeshuri ngo baze babashe kwiyandikisha bahabwe ubumenyi butangwa Niki Kigo gikorera mu…

Read More

Kureba AMANOTA y’Ikizami cya Leta yasohowe na National Examination and School Inspection Authority (NESA) 2024

  Kureba AMANOTA y’Ikizami cya Leta yasohowe na National Examination and School Inspection Authority (NESA) 2024  Kureba amanota wabonye mu kizamini cya Leta hari uburyo bubiri: 1) Kuri Interineti 2) Kuri Telefone 1. Kureba amanota y’abanyeshuri 2024 ya NESA kuri Interineti. Kureba amanota y’ikizamini cya Leta cy’amashuri abanza, icyiciro rusange cyangwa se Abarangije ubumenyi rusange ukoresheje Interineti…

Read More

Menya bimwe mu bihe ikoranabuhanga ryagize ibibazo hagacika igikuba

Mu Isi ijyana n’ibigezweho, ibyinshi mu byo abantu bakenera babibika cyangwa bakabishakira kuri internet. Bivuze ko batagihitamo gukoresha ikoranabuhanga, ahubwo bagomba kuriyoboka. Ni yo mpamvu ikibazo cyabaye kuri mudasobwa zikoresha ’Microsoft Windows’ ku wa 19 Nyakanga 2024 cyakangaranyije Isi, aho bamwe bemeza ko ari cyo kibazo cyateje ingaruka zikomeye mu mateka y’ikoranabuhanga. Mudasobwa zirenga miliyoni…

Read More

Iby’ingenzi ukwiye kwitaho mu gihe ugiye kugura ‘smartphone’

Telefoni igezweho cyangwa ‘smartphone’ mu ndimi z’amahanga, uwavuga ko magingo aya iri mu bikoresho nkenerwa umuntu yagombye kwitwaza buri munsi, ntiyaba agiye kuri y’ukuri. Mu Isi ya none, aho ikoranabuhanga ryamaze kuba nka kimwe mu bice bigize umubiri w’umuntu, smartphone iri mu byatuma ukomeza kumva uri kumwe n’abandi haba mu bumenyi, imyidagaduro n’amakuru. N’ubwo bimeze…

Read More