Imikino y’amahirwe igiye kujya isoreshwa 40%

Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryongera umusoro usabwa ibigo bitanga serivisi z’imikino y’amahirwe, ukazava kuri kuri 13% ukagera kuri 40%. Imikino y’amahirwe yiganje mu rubyiruko n’abakuru ndetse hari ingero z’abo yagizeho ingaruka zirimo no gutakaza utwabo kugeza bisanze mu bigo byita ku buzima bwo mu mutwe. Ku rundi ruhande ababikora binjiza agatubutse kuko mu 2023…

Read More

Abenshi mumaze iminsi namwe mu bitekereza se? SOMA INKURU IRAMBUYE

Ndifuza ko igitekerezo cyanjye Ministeri y’Urubyiruko, iy’Umutekano na MINECOFIN babijyamo maze ibyifuzo abantu bari butange bigashyirwa mu ngiro. Agaciro Development Fund irahari gusa Abanyarwanda barifuza guca agasuzuguro n’igisa nako burundu. Nkuko tubizi barusahurira mu nduru barakajwe n’uburyo M23 yabakuye mu birombe maze umujinya bawegeka ku Rwanda. Nkuko twabibonye mu kwezi gushize, FDLR n’abambari babo ba…

Read More

Abongereza bagomba kwishyura u Rwanda Miliyari nyinshi cyane hafi 89,229,300,000 Frw ntusimbuke usome izo Miliyari 

 Aya mafaranga nayo ubwongereza bwemeranyijwe n’u Rwanda yo gutegura aho abimukira bazatura. U Rwanda rwakoresheje ayo mafaranga bategura aho abimukira bazaba, nyuma ubwongereza bwisubiraho gusa amasezerano yari yasinywe. Nyuma yaho ubwongereza buvugiye ko hari ukuntu buri guhana u Rwanda, birengagije ko u Rwanda rwacecetse kuri uyu mwenda gusa mu mategeko u Bwongereza bugomba kwishyura. Kubera…

Read More

Inzoga n’Itabi byongerewe umusoro, telefoni zishyirirwaho TVA mu Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere tariki 10 Gashyantare, yayobowe na Perezida wa Repububulika Paul Kagame, yafashe ingamba zo kongera umusoro ku nzoga za byeri ndetse n’itabi, hanatangizwa gahunda yo gusoresha umusoro ku nyungu kuri telefoni n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga.   Abagize Guverinoma bafashe umwanzuro wo gushyiraho imisoro itari isanzwe kuri serivisi zitangirwa ku ikoranabuhanga…

Read More

MUSANZE: IKORO Resort ije ari igisubizo cyo kwakirana urugwiro abayigana – KANDA HANO UBASHE GUSOMA IYI NKURU

Iyi ni Hotel ifite izina ryiza cyane nka “IKORO RESORT” ikorera mu Karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza mu kagari ka Kigombe mu mudugudu wa Rukereza ije mu gutanga Serivise nziza cyane abayigana by’umwihariko abaturiye umujyi wa Musanze n’abandi batandukanye baturiye uyu mujyi. IKORO Resort ikorera ahantu heza cyane dore ko iyo uri aho…

Read More

MUSANZE: Utubare dufite Club yiyubashye akaza ku isonga ni “IBIZZA RESORT” – AMAFOTO

Mu mujyi wa Musanze niho abantu benshi bifuza gusohokera nyuma y’umujyi wa Kigali bitewe n’ibyiza nyaburanga bitatse umujyi wa Musanze yo mu Ntara y’amajyaruguru dore ko ariho hagaragara mu Rwanda ingagi nyinshi ziba mu birunga byo mu karere ka Musanze. Uyu munsi ikinyamakuru RWANDATODAY cyateguye inkuru yerekana utubare dukorera muri aka Karere ka Musanze ngo…

Read More

DORE INAMA ESHANU Z’UBURYO TWAKORESHAMO NEZA UBUTAKA

Ibarura Rusange rya 5 ry’Abaturage n’Imiturire mu Rwanda ryagaragaje ko Umujyi wa Kigali utuwe n’abaturage 1.745.555. Imibare kandi yerekana ko mu mwaka wa 2050, Umujyi wa Kigali uzaba utuwe n’abaturage hafi miliyoni enye. Dore inama eshanu z’uburyo twakoreshamo neza ubutaka mu gihe abaturage biyongera ariko ubutaka bwo butiyongera: 1. Kubaka inzu zigeretse: Mu rwego rwo…

Read More

Polisi yafashe imodoka 2 zipakiye amabaro 25 y’imyenda n’ibindi bicuruzwa bya magendu

Mu bikorwa byo kurwanya ubucuruzi bwa magendu, Polisi y’u Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15 Mutarama, yafatiye mu karere ka Rubavu, imodoka ebyiri zari zipakiye magendu y’imyenda ya caguwa, amavuta yo kwisiga yangiza uruhu bakunze kwita ‘mukorogo’ n’ibindi bicuruzwa bitandukanye. Hafashwe umushoferi w’imwe muri izo modoka zo mu bwoko bwa…

Read More

BIDASUBIRWAHO: MUSANGANYA Faustin yongeye kwandagaza INES-RUHENGERI ubugira kabiri – KANDA HANO HASI UBASHE GUSOMA IYI NKURU ICUKUMBUYE

Urukiko rukuru rwa Musanze rwasomye urubanza rwa Musanganya Faustin yarezemo INES-RUHENGERI iyobowe na Bwana Nyiricyubahiro Harolimana Vicent uyobora diyoseze ya Ruhengeri. Mu gusoma uru rubanza, abari baje gusomerwa uru rubanza batunguwe no kuba haje umugore wambaye ikanzu yumutuku akarusoma atambaye imyenda isanzwe yabasanzwe basoma imanza zitandukanye anakora amakosa yo kurusomera aho abaje bagana uri rukiko…

Read More

MUSANZE: Abaturage by’umwihariko abo mu murenge wa NKOTSI, barashishikarizwa kurwanya no kurandura indwara ya Malaria

Abaturage bo mu karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu mudugudu wa Karambi, akagari ka Bikara mu murenge wa Nkotsi, barashishikarizwa kurandura no kurwanya indwara ya Malaria kubera ko byagaragaye ko iyi ndwara yiganje muri uyu mudugudu. Ibi ni ibyagarutsweho n’umuyobozi w’umuryango nyarwanda utari uwa Leta nk’umufatanyabikorwa wa Minisiteri y’ubuzima uzwi nka ‘ASOFERWA’ , NDAGIJIMANA Bernard,…

Read More