BIDASUBIRWAHO: MUSANGANYA Faustin yongeye kwandagaza INES-RUHENGERI ubugira kabiri – KANDA HANO HASI UBASHE GUSOMA IYI NKURU ICUKUMBUYE

Urukiko rukuru rwa Musanze rwasomye urubanza rwa Musanganya Faustin yarezemo INES-RUHENGERI iyobowe na Bwana Nyiricyubahiro Harolimana Vicent uyobora diyoseze ya Ruhengeri. Mu gusoma uru rubanza, abari baje gusomerwa uru rubanza batunguwe no kuba haje umugore wambaye ikanzu yumutuku akarusoma atambaye imyenda isanzwe yabasanzwe basoma imanza zitandukanye anakora amakosa yo kurusomera aho abaje bagana uri rukiko…

Read More

Ishuri rya CEPEM (Technical Secondary School) ritsindisha 100% ryatangaje ko hakiri imyanya y’abanyeshuri bashaka kuza kuhiga

Ishuri CEPEM (Technical Secondary School) riherereye mu karere ka Burera mu Murenge wa Rugarama ho mu Mudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Gafumba ugiye kugera muri Centre ya Nyarwondo ku muhanda neza neza uva Musanze werekeza ku mupaka uhuza u Rwanda na Uganda wa Cyanika rikora ku bufatanye na Leta ubu mu gihembwe kigiye gutangira…

Read More

Ibigo by’amashuri 47 byigenga byafunzwe mu Karere ka Rubavu

Ibigo by’amashuri 47 byigenga byiganjemo abanza n’ayinshuke byafunzwe mu karere ka Rubavu bishinjwa gukorera ahataragenewe kuba ibigo by’amashuri. Muri ibi bigo byafunzwe harimo ibyakoreraraga mu nzu zagenewe guturwamo, iz’ubucuruzi n’izituzuye neza. Ku miryango y’ibi bigo ubu hariho amatangaza agaragaza ko ibigo bifunzwe kugeza igihe bizuzuriza ibisabwa.   Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu byemeza ko kuba ibi…

Read More

Babyeyi mwihutire kujyana abana mu Kigo cya CEPEM imyanya isigaye irabarirwa ku Ntoki

Iri shuri rizwi ku izina rya CEPEM rikorera mu Karere ka Burera ho mu murenge wa Rugarama rikora ku bufatanye na Leta kuri ubu twabasha kubatangariza ko hari imyanya itandukanye kubanyeshuri bashaka kuza kuhahahira ubumenyi. Iri shuri rya CEPEM ni Ishuri ryiza ryigisha neza cyane kuburyo umunyeshuri uhavuye ahavana ubumenyi n’uburere mu masomo atandukanye bafite…

Read More

Leta ntiyari ikwiriye kujya ikodesha imodoka zigeza abanyeshuri ku bigo byabo mu minsi y’itangira ry’amashuri? Uko abanyeshuri batwarwa ntivugwaho rumwe

Abarezi n’abayobozi b’ibigo by’amashuri bitandukanye byo mu Karere ka Huye byakira by’umwihariko Abanyeshuri biga barara, baranenga kuba hakiri abanyeshuri batagera ku bigo ku gihe cyagenwe, bikagorana kubakira no kubamenyereza by’umwihariko abashya batangira umwaka wa mbere n’uwa kane. Ni mu gihe ababyeyi n’abanyeshuri bagaragaza ko ibi biterwa n’ikibazo cya Transport gikunze kugorana, mu gihe cy’itangira ry’umwaka…

Read More

Abiga mu mahanga bagiye kujya berekana ko babaye yo

Inama y’igihugu y’amashuri makuru na Kaminuza mu Rwanda HEC yatangaje ko abanyarwanda bajya kwiga mu mahanga bakazana impamyabumenyi zaho mu gihe bazajya bakenera icyemezo cyizwi nka Equivalence bazajya bagaragaza ko babaye mu bihugu byabahaye izo mpamyabushobozi. Icyo cyemezo cya Equivalence ni icyemeza ko ufite impamyabushobozi yayihawe na Kaminuza yemewe koko kandi ko yayizemo. Gitangwa n’inama…

Read More