
Menya inama zagufasha igihe ukunda umuntu ariko we atagukunda
Hari abantu usanga bararenzwe n’urukundo nyamara uwo bakunda we atabiyumvamo ndetse akanabibereka ariko bagakomeza bagahatiriza. Ntawakugira umunyamakosa kuko wisanze ukunda urudashoboka rutazakugarukira, ariko hari ibyo wakora byagufasha kuva mu gicuku urimo maze ugatangira ubuzima bushya nkuko tubikesha Elcrema, urubuga rwandika ku rukundo n’mibanire. Jya umunya ko udafite uburenganzira bwo kugenzura ibitekerezo by’undi Ni byo koko…