Menya inama zagufasha igihe ukunda umuntu ariko we atagukunda

Hari abantu usanga bararenzwe n’urukundo nyamara uwo bakunda we atabiyumvamo ndetse akanabibereka ariko bagakomeza bagahatiriza. Ntawakugira umunyamakosa kuko wisanze ukunda urudashoboka rutazakugarukira, ariko hari ibyo wakora byagufasha kuva mu gicuku urimo maze ugatangira ubuzima bushya nkuko tubikesha Elcrema, urubuga rwandika ku rukundo n’mibanire. Jya umunya ko udafite uburenganzira bwo kugenzura ibitekerezo by’undi Ni byo koko…

Read More

Kuki hari abantu babyuka bagagaye?SOMA INKURU HANO

Sleep paralysis/Paralysie du sommeil, umuntu yakwita ‘kugagara mu bitotsi’, ni indwara yatumye bamwe batekereza ibishushanyo hamwe n’inkuru ziteye ubwoba. Ubu abahanga muri siyanse batangiye kumva impamvu hari abantu bakanguka ariko ntibashobore kunyeganyega – n’impamvu hari ubwo bituma bakomeza gutekereza ibintu biteye ubwoba bitabaho. Nari nkiri mu myaka cumi na…ubwo byambagaho bwa mbere. Yari mu masaha…

Read More

Gutandukana n’ umukunzi wawe bikwigisha ibintu bine by’ ingenzi

Iyo uwo mwakundanaga akwanze, usigarana agahinda no kumva wanze ibyisi byose ndetse ugatangira kugira ugushidikanya kwinshi haba ku bushobozi bwawe bw’imibanire n’urukundo ndetse ukanatangira kwibaza niba hari icyizere ko uzongera kubona umukunzi uguhoza amarira. Ikiri ukuri ni uko uko kuvunwa umutima , ibikomere n’agahinda uba utewe no gutandukana n’umukunzi bisiga amasomo meza y’ubuzima. Nyuma yo…

Read More

Ujya ubura ibitotsi mu ijoro ? Uburyo bwiza wakoresha

Kubura ibitotsi ni indwara ituma umuntu atabasha gusinzira neza nijoro, cyangwa yaba anasinziriye akamara akanya gato akongera agakanguka ndetse bikaba buri kanya mu ijoro, akamara igihe kirekire atarongera gusinzira. Ibyo kandi bigaherekezwa no gucika intege mu ntekerezo cyangwa kugira intimba, gukanguka hakiri kare mu museso, no gusinzira mu gihe wakagombye kuba uri maso cyangwa ukajya…

Read More

Menya ibintu umugore akora akisenyera urugo

Hari ibintu ukora ukabifata nk’ibyoroshye kandi uri kwisenyera urugo ukazisanganta garuriro ugifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na bimwe bifatwa nk’ibyoroshye bishobor akugusenyera ubyita imikino. Muri iyi nkuru turareba ibintu bikunze gukorwa n’abagore bigatuma bisenyera. Gusiganira kwitanaho Rimwe na rimwe uzumva umugore avuga ko ubwo umugabo we…

Read More

Ibintu 5 byo gutekerezaho mbere yo gukora divorce

Gutandukana kw’abashakanye(Divorce) ibintu bimaze gufata intera ndende ku isi hose, hari n’abantu bakora divorce inshuro zirenze imwe, cyane cyane mu bihugu bifite umuco wo gusezerana kumarana igihe runaka, ugasanga abashakanye sibo bazabona igihe bihaye kigeze. Mu Rwanda naho gutandukana kw’abashakanye bigenda byiyongera. Hari ubushakatsi bwakozwe bugaragaza ko abenshi mu batandukanye bisanga batanezerewe kurusha uko bari…

Read More