Umunyamideli Yolo The Queen watigishije imbuga nkoranyambaga yatangaje ko yibarutse

Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise. Hari hashize iminsi havugwa amakuru avuga ko Umunyamudeli, Kirenga Phiona uzwi nka “Yolo The Queen”, avuga ko yibarutse ariko nyiri ubwite yararuciye ararumira. Abicishije ku mbuga nkoranyambaga zirimo Instagram akoresha cyane ndetse akaba akunzwe bitewe…

Read More

Perezida wa Angola yakomereje uruzinduko rwe I Kinshasa avuye mu Rwanda

Umukuru w’igihugu cya Angola João Lourenço nyuma y’ibiganiro na Perezida Kagame mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere yahise yerekeza I Kinshasa agirana ibiganiro na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Felix Tshisekedi. Ku kibuga cy’indege cya Kinshasa Perezida Lourenço yakiriwe na Minisitiri w’intebe wa RDC Madame Judith Suminwa Tuluka. Perezida Lourenço ni umuhuza…

Read More

Imyaka 6 irashize Minisiteri y’Ubuzima yarananiwe kuvugurura ibiciro by’imiti

Ibiciro by’imiti bikoreshwa mu Rwanda byashyizweho mu mwaka wa 2017 byagombaga kumara umwaka umwe bikavugururwa mu mwaka wa 2018. Kugeza n’ubu ntibiravugururwa n’ubwo ihuriro ry’abafite amavuriro yigenga mu Rwanda batahwemye kubisaba. Minisiteri y’ubuzima ikavuga ko bikiri kuganirwaho n’inzego bireba. Abagize ihuriro ry’abafite amavuriro yigenga mu Rwanda “Rwanda Private Medical Facilities Association (RPMFA)” bavuga ko ibiciro…

Read More

Menya impamvu harashwe imizinga inshuro 21 mu birori by’irahira rya Perezida Kagame

Kurasa imiziga ni igikorwa cyo gutanga icyubahiro gikunze gukorwa n’igisirikare mu gihe cyakira umuntu runaka cyangwa mu birori bikomeye. Ku wa 11 Kanama 2024, ubwo Perezida Paul Kagame yarahiriraga kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere, igisirikare cy’u Rwanda cyarashe imiziga inshuro 21 mu kirere. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yabwiye…

Read More

Perezida Kagame yarahiriye Manda nshya – Minisitiri w’Intebe n’abandi bagize Guverinoma bazamenyekana ryari?KANDA HANO

Ku cyumweru taliki 11 Kanama 2024 Perezida wa Repubulika Paul Kagame yarahiriye Manda nshya yo kuyobora u Rwanda mu myaka 5. Hagendewe ku biteganwa n’itegekonshinga bitarenze taliki 26 Kanama 2024 Perezida Kagame azatangaza Minisitiri w’intebe mushya.   Minisitiri w’intebe mushya namara kumenyekana hateganwa na none iminsi 15 hakamenyekana abagize Guverinoma. Ibi bisobanuye ko bitarenze taliki…

Read More

Chley wamamaye mu ndirimbo ‘Komasava’ yageze i Kigali

Umuhanzikazi w’Umunyafurika y’Epfo, Siphesihle Nkosi wamamaye nka Chley mu ndirimbo ‘Komasava’ yakoranye Diamond Platnumz na Khalil Harisson, banaje gusubiranamo na Jason Derulo yageze i Kigali, aho ategerejwe mu gitaramo agiye gukorera mu Rwanda. Uyu muhanzikazi yageze mu Rwanda kuri uyu wa Kane mu masaha ya Saa Yine z’ijoro. Igitaramo yajemo kiri mu ruhererekane rw’ibyo ari…

Read More

U Rwanda rwahagaritse ubucuruzi bwa Beryllium

Ikigo Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RMB) cyahagaritse ibikorwa byo kohereza hanze mabuye y’agaciro azwi nka beryllium. Itangazo rya RMB rigaragaza ko iki cyemezo cyafashwe kubera ubucukuzi n’ubucuruzi bw’aya mabuye butubahirije amategeko agenga abacukuzi mu Rwanda. Ubucuruzi bitubahirijwe amategeko ndetse n’amakimbirane ya hato na hato yagiye agaragara mu ruhererekane rw’ubucuruzi n’ubucuruzi bw’aya mabuye. RMB yibukije…

Read More

Vital Khamere yavuze ku burwayi bwa Tshisekedi

Perezida w’inteko ishinga mategeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Vital Khamere, yavuze ku by’uburwayi bwa Tshisekedi nyuma y’uko yari yamusuye kuri uyu wa Gatatu. Nk’uko yabitangaje, bwana Vital Khamere yavuze ko yasuye perezida Tshisekedi Tshilombo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 07/08/2024, akaba yaramusuye nyuma y’uko uyu mukuru w’igihugu yari avuye mu…

Read More