Menya ibintu umugore akora akisenyera urugo

Hari ibintu ukora ukabifata nk’ibyoroshye kandi uri kwisenyera urugo ukazisanganta garuriro ugifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na bimwe bifatwa nk’ibyoroshye bishobor akugusenyera ubyita imikino. Muri iyi nkuru turareba ibintu bikunze gukorwa n’abagore bigatuma bisenyera. Gusiganira kwitanaho Rimwe na rimwe uzumva umugore avuga ko ubwo umugabo we…

Read More

Ibintu 5 byo gutekerezaho mbere yo gukora divorce

Gutandukana kw’abashakanye(Divorce) ibintu bimaze gufata intera ndende ku isi hose, hari n’abantu bakora divorce inshuro zirenze imwe, cyane cyane mu bihugu bifite umuco wo gusezerana kumarana igihe runaka, ugasanga abashakanye sibo bazabona igihe bihaye kigeze. Mu Rwanda naho gutandukana kw’abashakanye bigenda byiyongera. Hari ubushakatsi bwakozwe bugaragaza ko abenshi mu batandukanye bisanga batanezerewe kurusha uko bari…

Read More

Aha ni Uvira kuri eta majoro, Huzuyemo Imbonerakure, Wazalendo, Ingabo z’abarundi, FDLR n’ingabo nke za FARDC

Buriya rero kugirango AFC/M23 ice intege burundu leta ya Tshisekedi hanyuma amaso yerekeze mu murwa Mukuru wa Kinshasa nuko imipaka yose ihuza Congo n’Uburundi bizagenzurwa na AFC/M23 kandi si cyera kugirango umwanzi washaka kuza Sud na Nord Kivu abure inzira. Ubwo Tanzania nyishize iruhande. Ejo nakweretse amafoto yo mu mujyi wa Uvira nkubwira ko M23…

Read More

Abenshi mumaze iminsi namwe mu bitekereza se? SOMA INKURU IRAMBUYE

Ndifuza ko igitekerezo cyanjye Ministeri y’Urubyiruko, iy’Umutekano na MINECOFIN babijyamo maze ibyifuzo abantu bari butange bigashyirwa mu ngiro. Agaciro Development Fund irahari gusa Abanyarwanda barifuza guca agasuzuguro n’igisa nako burundu. Nkuko tubizi barusahurira mu nduru barakajwe n’uburyo M23 yabakuye mu birombe maze umujinya bawegeka ku Rwanda. Nkuko twabibonye mu kwezi gushize, FDLR n’abambari babo ba…

Read More

Aba bagabo mwamenye ibyabo? SOMA INKURU IRAMBUYE

Iki gihugu uburyo gikoramo bizakomeza kurakaza ibihugu by’iburayi Umuyobozi Mukuru wa Police y’u Rwanda, Inspector General of Police Namuhoranye Felix hamwe na Ministri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana bafashe umwanzuro nahereyeho mvuga ko ari uwo Gihanga Ngoma 100 wahanze u Rwanda. Muri ya gahunda yo kwigira, Afande Felix na Ministri bagize batya bati; Abanyarwanda bagomba kwivuriza…

Read More

Bigenda bite ngo umuntu yicwe n’irungu afite uwo bashakanye?SOMA INKURU HANO

Nyuma y’imyaka 12 yari amaze mu rushako, Keza yavuye ku izima amanika amaboko maze atandukana n’uwari umugabo we. Nubwo yabyariye abana babiri beza muri uru rushako nk’ikintu yishimira kurusha ibindi mu gihe yamaze yubatse, yicuza cyane kuba yarashatse umugabo wahoraga ahugiye mu bindi ariko akibagirwa urugo ku buryo igihe cyageze akareka no kuruhahira ngo aruhe…

Read More

Byagenze gute ngo hasakare ikinyoma cyuko Gen. Omega wa FDLR yazutse agiye kuzanwa mu Rwanda!?

Umutwe wa M23 watangaje ko amakuru avuga ko kuri uyu wa 5 Werurwe 2025 bagiye koherereza igisirikare cy’u Rwanda (RDF) Gen Ntawunguka Pacifique, uzwi nka Omega n’andi mazina, ko atari ukuri. Ni mu kiganiro kigufi Umuvugizi wungirije w’Umutwe wa M23, Dr. Oscar Balinda, yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’amakuru yasakaye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5…

Read More

Tshisekedi yizeraga ko azamanika ibendera rya DRC i Kigali – Gen (Rtd) Kabarebe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yagaragaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yizeraga ko azatera u Rwanda, akazamura ibendera ry’igihugu cye i Kigali. Mu nama nyunguranabitekerezo n’abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku miterere y’ingengabitekerezo mu karere yabaye kuri uyu wa 5 Werurwe 2025,…

Read More