
Menya ibintu umugore akora akisenyera urugo
Hari ibintu ukora ukabifata nk’ibyoroshye kandi uri kwisenyera urugo ukazisanganta garuriro ugifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na bimwe bifatwa nk’ibyoroshye bishobor akugusenyera ubyita imikino. Muri iyi nkuru turareba ibintu bikunze gukorwa n’abagore bigatuma bisenyera. Gusiganira kwitanaho Rimwe na rimwe uzumva umugore avuga ko ubwo umugabo we…