U Rwanda rwahagaritse ubucuruzi bwa Beryllium

Ikigo Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RMB) cyahagaritse ibikorwa byo kohereza hanze mabuye y’agaciro azwi nka beryllium. Itangazo rya RMB rigaragaza ko iki cyemezo cyafashwe kubera ubucukuzi n’ubucuruzi bw’aya mabuye butubahirije amategeko agenga abacukuzi mu Rwanda. Ubucuruzi bitubahirijwe amategeko ndetse n’amakimbirane ya hato na hato yagiye agaragara mu ruhererekane rw’ubucuruzi n’ubucuruzi bw’aya mabuye. RMB yibukije…

Read More

Vital Khamere yavuze ku burwayi bwa Tshisekedi

Perezida w’inteko ishinga mategeko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Vital Khamere, yavuze ku by’uburwayi bwa Tshisekedi nyuma y’uko yari yamusuye kuri uyu wa Gatatu. Nk’uko yabitangaje, bwana Vital Khamere yavuze ko yasuye perezida Tshisekedi Tshilombo ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 07/08/2024, akaba yaramusuye nyuma y’uko uyu mukuru w’igihugu yari avuye mu…

Read More

EAR Diyosezi ya Shyira usibye kubaka isoko rigezweho muri Musanze, Igeze kure n’insengero zijyanye n’igihe izubaka

Mu Karere ka Musanze mu murenge wa Muhoza ho mu Ntara y’amajyaruguru ubwo hatangizwaga kubaka inyubako y’ubucuruzi ya EAR Diyoseze ya Shyira Taliki ya 14 Kamena 2024 ifite ibyumba bigera kuri 200 byose hamwe bizaba birimo icyumba cy’inama na biro zitandukanye z’abayobozi. Iyi nyubako kandi batekereje kuyubaka bagamije gukuraho akavuyo kavanze n’akajagari kugira ngo birinde…

Read More

CANADA: UmunyaRwanda Nyabyenda Donat, Umubyinnyi w’umuhanga, umuvuzi w’ingoma, Umucuranzi yagaragaye mu mbyino gakondo yishimirwa cyane muri “JAZZ MUSIC”

UmunyaRwanda Nyabyenda Donat uzwi cyane ku izina ry’ubuhanzi Nyabyenda Dacosta akaba Umubyinnyi w’umuhanga, umuvuzi w’ingoma, Umucuranzi yagaragaye mu mbyino gakondo yishimirwa cyane muri “JAZZ MUSIC”. Uyu muhanzi uba muri Canada mu mugi wa Ottawa akunzwe na benshi bitewe nuko yerekana umuco nyarwanda muri iki gihugu. Iyo yateguye ibitaramo bitandukanye yerekana uko babyina, kuvuza ingoma ndetse…

Read More

Muhoozi Kainerugaba yatangaje ikintu gikomeye akundira abanyarwanda kizatuma yitabira irahira rya Perezida KAGAME.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda Muhoozi Kainerugaba akaba Umuhungu wa Perezida wa Uganda, yatangaje ko akunda abanyarwanda kuko ari ubwoko bwe kuko ari umunyarwanda ndetse yemeza ko azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Paul KAGAME kuwa 11 Kanama 2024. Mu nshuro zitandukanye Muhoozi Kainerugaba abinyujije k’urukuta rwe rwa X yagiye yandika inyandiko zitandukanye zivuga Ku Rwanda…

Read More

Dore bimwe mu byatumye abakirisitu batishimira ibirori by’Imikino Olempike

Abakirisitu bari hirya no hino ku Isi ntibishimiye ibikorwa byaranze Imikino Olempike iri kubera i Paris mu Bufaransa, nyuma yo kubona ibirori bitangiza iyi mikino birimo ibibangamiye imyemerere yabo. Bimwe mu byo abakirisitu banenga bavuga ko basuzuguwe cyane kuko abateguye imyiyereko itangiza iyi mikino bubahutse Yesu Kirisitu, hakorwa n’imigenzo bavuga ko ari isingiza ibigirwamana no…

Read More

Kenya: Umuntu wa mbere yanduye ubushita bw’Inkende buzwi nka Monkeypox

Kenya yatangaje ko muri iki gihugu umuntu wa mbere wanduye indwara y’ubushita bw’inkende buzwi nka Monkeypox, yabonetse mu gace ko mu majyepfo ashyira uburasirazuba ku mupaka na Tanzania. Iyo virusi yabonetse mu muntu wakoraga urugendo ava muri Uganda ajya mu Rwanda anyuze muri Kenya. Minisiteri y’ubuzima ya Kenya ivuga ko ingendo nyinshi z’abaturage hagati ya…

Read More