
Gicumbi: Haleluya Paul ni muganga w’imitima
Perezida Dr Paul kagame ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu karere ka Gicumbi ahari hateraniye ibihumbi by’abantu bari bitabiriye iki gikorwa baturutse mu turere twa Gicumbi, Rulindo, Nyagatare na Burera. Muri iki gikorwa perezida Dr Paul kagame hari amagambo yavuze ndetse bikurura amarangamutima y’abantu bitabiriye iki gikorwa. Hari aho yagize ati” ndishinja icyaha…