Gicumbi: Haleluya Paul ni muganga w’imitima

Perezida Dr Paul kagame ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu karere ka Gicumbi  ahari hateraniye ibihumbi by’abantu bari bitabiriye iki gikorwa baturutse mu turere twa Gicumbi, Rulindo, Nyagatare na Burera. Muri iki gikorwa perezida Dr Paul kagame hari amagambo yavuze ndetse bikurura amarangamutima y’abantu bitabiriye iki gikorwa. Hari aho yagize ati” ndishinja icyaha…

Read More

Amashimwe yandushije imbaraga mpitamo kubinyuza mu ndirimbo nyita Urashoboye Mana. umuhanzi DUFASHWANAYO Jeanne

Urugendo rwe rwa muzika rwatangiye mu mwaka wa 2021 ubwo yakoraga indirimbo ye ya mbere muri studio, gusa DUFASHWANAYO Jeanne yemeza ko kuva akiri umwana yakundaga kuririmba ku buryo budasanzwe. Uyu muhanzi uri mu bahanzi bagaragaraho amavuta adasanzwe yamaze gushyira hanze Indirimbo nshya yitwa URASHOBOYE Aganira na Rwanda today yagize ati “ni indirimbo irimo ishimwe…

Read More

Amadini ahari ni ane (4) missionary Felix Twagirumukiza yahuguye abirata amadini basengeramo

Missionary Felix Twagirumukiza yahuguye abakirisito batekereza ko bazajya mu ijuru ngo kuko basenga kenshi cg bakaba basengera mu idini runaka.  Ubwo yaganiraga na Rwanda today missionary Felix yavuze ko abantu bahora bibaza idini y’ukuri anatanga igisubizo cy’icyo kibazo. Yagize Ati “Idini nyayo tuyisanga muri yesaya 58″. akomeza ati” rero niba dutekereza ko kuba mucyo twita…

Read More

Chorale Umugisha yasohoye indirimbo nshya “Hashimwe Yesu”

Mu mwaka 1993, mu cyumba cyari icy’amasengesho niho havukiye Chorale Umugisha ahitwaga kwa Pastor Mugiraneza mu Rugando. Iyi korali ifite abaririmbyi bagera kiri 60 baboneka buri munsi Kuwa 30 Kemena 2024 korali Umugisha yashyize hanze indirimbo nziza cyane yise “Hashimwe Yesu”. lyi ndirimbo iza isanga izindi zabo zanakunzwe zirimo “TWARAKOWE”.NDI AMAHORO”, “URI IRIBA”. Kugeza ubu…

Read More

Gakenke: Abaturage basabwe kugirira icyezere Green Party

Ku munsi wa 14 umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green Party ) yasabye abaturage bo mu Karere ka Gakenke kugirira iri shyaka icyizere bakazaritora ngo kubera ko ari ’kimaranzara’, bakora ibyo bemereye abaturage. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Nyakanga 2024 nibwo umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank Habineza…

Read More

Burundi: Sandra Kanyange yashize hanze indirimbo yise Hallelujah.

Sandra Kanyange ni umwe mubahanzi babarizwa mu gihugu cy’Uburundi  ndetse akaba umwe mu bakunzwe  muri iyi minsi.  Mu minsi yashize yari aherutse gukora indirimbo yise Icaremwe gisha. Indirimbo ye yise Hallelujah ikubiyemo amagambo ashima Imana. Hari nk’igice agira ati” twari abo gupfa ariko uraza uraducungura, reka nkubwire ngo warakoze”. Mu gice cya kabiri muri iyi…

Read More

Duhirwe Charlotte ati” Ubumenyi ntago buzanwa no gukubita

Umuyobozi wa Ecole Bilingue la Fontaine Madame Duhirwe Charlotte yavuze ko kugirango umwana ahabwe ubumenyi akwiye kubanza guhabwa ibyishimo. Ibi yabigarutseho mu muhango wo gusoza umwaka w’amasomo 2023-2024 (Graduation) mu kigo abereye umuyobozi  cya Ecole Bilingue la Fontaine giherereye mu mudugudu wa Kungo mu kagari ka Kabeza umurenge wa Cyuve ho mu karere ka Musanze….

Read More

Aime Uwimana Ufatwa nk’inkingi ya mwamba mu Rwanda agiye gutaramira muri America.

Aime Uwimana yamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zanakunzwe zirimo iyitwa muririmbire Uwiteka ifatwa nk’indirimbo y’igihugu mukuramya no guhimbaza Imana. Kuri ubu uyu muhanzi ufite abakunzi benshi yamaze gushyirwa kuri gahunda yo kuzataramira muri America mu gitaramo yatumiwemo na Nice Ndababaye giteganyijwe kuwa 18 Kanama 2024 muri leta ya Indianapolis. Iki gitaramo cyiswe Intimate gitegurwa na Nice…

Read More

Theo Bosebabireba na Bethel choir y’Imusanze bagiye gutaramira mu Kinigi.

Umuhanzi Uwiringiyimana Theogene uzwi nka Theo Bosebabireba kubera indirimbo ye yitwa Bosebabireba yamwitiriwe kuri ubu ategerejwe mu gitaramo cyateguwe na chorale Abategereje ibarizwa muri ADEPR  paroisse ya Rushubi ahazwi nko mu kinigi mu karere ka Musanze. Muri iki gitaramo hazanagaragaramo Chorale Bethel nayo ibarizwa mu rurembo rwa Muhoza ADEPR Nyarubande mu karere ka Musanze, dore…

Read More

Meddy agiye gutaramira mu Rwanda nyuma yo kwakira agakiza

Ni mu gitaramo Bishop Dr Fidele Masengo yateguye azamurikiramo ibitabo bye bibiri(2)  iki gitaramo giteganyijwe kuwa 14/07/2024. iki gitaramo kizaba cyitabiriwe  n’abakozi b’Imana batandukanye barimo Dr Apostle Gitwaza, Apostle Mignon  ndetse na Meddy  uri mu bakumbuwe mu Rwanda cyane ko kuva yatangaza ko yakiriye agakiza aribwo bwambere azaba ataramiye abanyarwanda. Ibitabo Bishop Prof. Dr Fidele…

Read More