
Hari abo basanzemo URUMOGI!!! Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abantu 8 riri muri WhatsApp Group yitwa ‘Rich Gang’ batawe muri yombi – AMAFOTO
Barindwi muri bo bafunzwe, nyuma y’uko bagize uruhare mu gufata no kusakaza amashusho abagaragaza bakora imibonanompuzabitsina. Abafashwe barimo: Ishimwe Patrick, Uwineza Nelly Sany, Gihozo Pascaline, Kwizera Emelyne, Uwase Sariha, Uwase Belyse, Shakira Uwase, Rucyahana David na Banza Julien. Bose bafite hagati y’imyaka 20 na 28. DORE AMAFOTO YABATAWE MURI YOMBI: YANDITSWE NA…